• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubuyobozi bw’i gisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Ituri, burashinjwa kugambanira abo mu bwoko bw’Abahema ngo bicwe.

minebwenews by minebwenews
March 22, 2024
in Regional Politics
0
Ubuyobozi bw’i gisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Ituri, burashinjwa kugambanira abo mu bwoko bw’Abahema ngo bicwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverineri w’Intara ya Ituri, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, General Luboya Nkashama, arashinjwa guha ubufasha imitwe y’itwaje imbunda murwego rwo kugira ngo ikomeze kwica abo mu bwoko bw’Abahema.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni bikubiye mu butumwa bwanyujijwe k’urubuga rwa ‘Amani Ituri,’ buvuga ko Abahema bagambaniwe n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, binyuze muri General Ruboya uyoboye i Ntara ya Ituri, mu buryo bwa Etat de siege.

Ubutumwa bwatanzwe buvuga ko “Amani Ituri kuri uyu mugoroba wo kuwa Kane, tariki ya 21/03/2024, igihe cyo ku mugoroba, isaha ya saa moya n’i gice, yakiriye amakuru yizewe ko Gen Luboya, Guverineri w’Intara ya Ituri, yatanze amafaranga mu gaciro ka madolari y’Amerika angana na 10,000, ayaha imitwe y’itwaje imbunda, irimo Codeco, FPIC, Maï Maï, ku gira birukane Abahema muri Ituri.”

Ubu butumwa bukomeza buvuga buti: “Kwica Abahema, muri Ituri babigize umwuga, kuri ubwo turamenyesha imiryango mpuzamahanga, ndetse n’igihugu cyacu ko Abahema bakorewe umushinga ngo bicwe.”

Abahema bavuga ko bagize igihe bicwa ariko ko byafashe indi ntera guhera mu mwaka w’2017 kugeza n’ubu.

Hagati muri iyo myaka bakabara ko hamaze gupfa Abahema ba barigwa mu bihumbi bitandatu(6000), bishwe muri ubwo buryo bwo kuzira ubwoko bwabo.

                MCN.
Tags: Gen Luboya nkashamaIturiYagambaniye Abahema
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ituze ryo ngeye kugaruka mu misozi ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’imirwano ikaze yahuje Wazalendo na Polisi.

Ituze ryo ngeye kugaruka mu misozi ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y'Amajyepfo, nyuma y'imirwano ikaze yahuje Wazalendo na Polisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?