Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ubuyobozi bw’i gisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Ituri, burashinjwa kugambanira abo mu bwoko bw’Abahema ngo bicwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 22, 2024
in Regional Politics
0
Ubuyobozi bw’i gisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Ituri, burashinjwa kugambanira abo mu bwoko bw’Abahema ngo bicwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Guverineri w’Intara ya Ituri, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, General Luboya Nkashama, arashinjwa guha ubufasha imitwe y’itwaje imbunda murwego rwo kugira ngo ikomeze kwica abo mu bwoko bw’Abahema.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni bikubiye mu butumwa bwanyujijwe k’urubuga rwa ‘Amani Ituri,’ buvuga ko Abahema bagambaniwe n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, binyuze muri General Ruboya uyoboye i Ntara ya Ituri, mu buryo bwa Etat de siege.

Ubutumwa bwatanzwe buvuga ko “Amani Ituri kuri uyu mugoroba wo kuwa Kane, tariki ya 21/03/2024, igihe cyo ku mugoroba, isaha ya saa moya n’i gice, yakiriye amakuru yizewe ko Gen Luboya, Guverineri w’Intara ya Ituri, yatanze amafaranga mu gaciro ka madolari y’Amerika angana na 10,000, ayaha imitwe y’itwaje imbunda, irimo Codeco, FPIC, Maï Maï, ku gira birukane Abahema muri Ituri.”

Ubu butumwa bukomeza buvuga buti: “Kwica Abahema, muri Ituri babigize umwuga, kuri ubwo turamenyesha imiryango mpuzamahanga, ndetse n’igihugu cyacu ko Abahema bakorewe umushinga ngo bicwe.”

Abahema bavuga ko bagize igihe bicwa ariko ko byafashe indi ntera guhera mu mwaka w’2017 kugeza n’ubu.

Hagati muri iyo myaka bakabara ko hamaze gupfa Abahema ba barigwa mu bihumbi bitandatu(6000), bishwe muri ubwo buryo bwo kuzira ubwoko bwabo.

                MCN.
Tags: Gen Luboya nkashamaIturiYagambaniye Abahema
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ituze ryo ngeye kugaruka mu misozi ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma y’imirwano ikaze yahuje Wazalendo na Polisi.

Ituze ryo ngeye kugaruka mu misozi ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y'Amajyepfo, nyuma y'imirwano ikaze yahuje Wazalendo na Polisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?