Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Kuva igihe c’amasaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, hari urugamba rukaze, mu bice byo muri teritware ya Masisi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 22, 2024
in Regional Politics
0
Kuva igihe c’amasaha y’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, hari  urugamba rukaze, mu bice byo muri teritware ya Masisi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’i ngabo z’u butegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, ry’ubuye ibitero mu duce two muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ni kugicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 22/03/2025, abarwanirira leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, bongeye gusubukura ibitero mu bice bya Karuba, Mushaki no mu nkengero zaho, muri teritware ya Masisi.

Ibi byemejwe n’u muvugizi wa M23/AFC mu bya politique, Lawrence Kanyuka, aho yavuze ko ingabo za FARDC n’ababafasha mu rugamba rwo kurwanya M23 bongeye gutera ibisasu mu duce dutuwe n’abasivile benshi.

Yagize ati: “Igihe cy’isaha umunani z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, ihuriro ry’ingabo za Guverinema ya Kinshasa, zirimo FARDC, Abacanshuro, Wazalendo, FDLR n’Ingabo z’u Burundi na SADC, zagabye ibitero mu turere dutuwe cyane turimo Mushaki, Karuba, ndetse no mu nkengero zaho.”

Yakomeje agira ati: “Ingabo ziharanira impindura matwara ya Congo (ARC/M23), zikomeje kurwana ku baturage no kubyabo, kandi zirarwana kinyamwuga.”

Iy’i mirwano yongeye kubura mu gihe i Luanda hari ibiganiro biri guhuza abategetsi b’u Rwanda n’aba Repubulika ya demokarasi ya Congo, bakaba bari kuganira ku ntambara iri mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC.

Kimweho, ku munsi w’ejo hashize, i Masisi, Nyiragongo na Rutshuru hiriwe ituze, bitandukanye n’ibitero byabaye ku munsi ubanziriza uw’ejo, aho ibibombe biremereye byatewe i Minova bisiga byishe abasivile binasenya n’inyubako, zituwemo n’abantu n’izikorerwamo ibitandukanye.

Ni mu gihe no mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo, M23 yafashe ibice birimo Kirumbu na Kalengera.

         MCN.
Tags: FARDC FDLRIbiteroIhuriro ry'i Ngabo za RDCKarengeraM23MasisiMushakiSADC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za Guverinoma ya Nigeri zaguye muri Ambush y’inyeshamba z’abajihadiste, maze agahorero karaba.

Ingabo za Guverinoma ya Nigeri zaguye muri Ambush y'inyeshamba z'abajihadiste, maze agahorero karaba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?