Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi ngo yaba yamaze gutorera umuti wa makimbirane amaze imyaka y’aba Teke na Yaka, muri teritware ya Kwamouth.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 25, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi ngo yaba yamaze gutorera umuti wa makimbirane amaze imyaka y’aba Teke na Yaka, muri teritware ya Kwamouth.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hashizweho komisiyo yo gukemura amakimbirane amaze imyaka ari hagati y’aba Teke na Yaka.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ni byatangajwe n’ibiro ntara makuru bya RDC, L’agance Congolese de presse(ACP), byatangaje ko “bivuye ku itegeko ry’umukuru w’igihugu Félix Tshisekedi hashizweho komisiyo izakurikirana ikibazo kimaze imyaka hagati y’aba Teke na Yaka, muri teritware ya Kwamouth i Mai-Ndombe, mu majyepfo ya Kinshasa.”

Ibi biro ntara makuru bya RDC, bivuga ko iyi komisiyo yashizweho ku wa Gatandatu w’i Cyumweru gishize ikaba iyobowe na minisitiri w’u butegetsi bw’i gihugu bwana Peter Kazadi.

Mu nkuru ibi biro byashize hanze ku munsi w’ejo ivuga iti: “Umukuru w’igihugu yahaye ubu butumwa minisitiri Peter Kazadi, bugamije gukemura by’imbitse amakimbirane amaze imyaka ari hagati y’aba Teke na Yaka.”

Ikomeza ivuga ko “iyi komisiyo kandi ngwizaba irimo abatware bayoboye imiryango y’aba Teke na Yaka ndetse n’abandi banyacyubahiro bazava muri perezidansi ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.”

Minisitiri Peter Kazadi ubwe yabwiye ibi biro ntara makuru bya RDC, L’agance Congolese de presse ko bategetswe na perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, gukora ibishoboka bakagarura amahoro muri ibyo bice.

Ati: “Abantu benshi bamaze gupfira muri ayo makimbirane ya Teke na Yaka. Kuri ubwo turakora Kugira amahoro agaruke. “

Yakomeje agira ati: “Impande zishyamiranye zamaze gutanga ubusobanuro ku mvo y’ibibazo bamaranye imyaka myinshi. Hari nibyo bagiye basaba ko byo kemuka mu maguru mashya, nka ba Yaka basaba ko ababo bafunzwe borekurwa, basaba kandi ko mu gace kabo ko hozanwa abasirikare abapolisi bahari bakahavanwa.”

“Ibikorwa remezo byagiye byangirika igihe cy’intambara, basaba leta ku bisana. Mu gihe Teke bo basaba ko hashirwaho iperereza ry’imbitse ku moko yombi bafashijwe na leta abakoze amabi bakabiryozwa. Basaba kandi ko abahohotewe bagomba guhabwa indishyi za kababaro.”

Bizwi ko amakimbirane y’aba Teke na Yaka yongeye gukaza umurego ahagana mu mwaka w’ 2017 ni mu gihe yatangiye mu myaka ibarirwa mu icumi irenga ishize.

              MCN.
Tags: Izakemura amakimbiraneKwamouthTshisekediYa Teke na Yaka
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Salva Kiir wa Sudan y’Epfo, akaba n’umuyobozi mukuru wa EAC yagize icyo asaba Tshisekedi kugira amahoro n’umutekano bigaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Perezida Salva Kiir wa Sudan y'Epfo, akaba n'umuyobozi mukuru wa EAC yagize icyo asaba Tshisekedi kugira amahoro n'umutekano bigaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?