• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Félix Tshisekedi ngo yaba yamaze gutorera umuti wa makimbirane amaze imyaka y’aba Teke na Yaka, muri teritware ya Kwamouth.

minebwenews by minebwenews
March 25, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Félix Tshisekedi ngo yaba yamaze gutorera umuti wa makimbirane amaze imyaka y’aba Teke na Yaka, muri teritware ya Kwamouth.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hashizweho komisiyo yo gukemura amakimbirane amaze imyaka ari hagati y’aba Teke na Yaka.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ni byatangajwe n’ibiro ntara makuru bya RDC, L’agance Congolese de presse(ACP), byatangaje ko “bivuye ku itegeko ry’umukuru w’igihugu Félix Tshisekedi hashizweho komisiyo izakurikirana ikibazo kimaze imyaka hagati y’aba Teke na Yaka, muri teritware ya Kwamouth i Mai-Ndombe, mu majyepfo ya Kinshasa.”

Ibi biro ntara makuru bya RDC, bivuga ko iyi komisiyo yashizweho ku wa Gatandatu w’i Cyumweru gishize ikaba iyobowe na minisitiri w’u butegetsi bw’i gihugu bwana Peter Kazadi.

Mu nkuru ibi biro byashize hanze ku munsi w’ejo ivuga iti: “Umukuru w’igihugu yahaye ubu butumwa minisitiri Peter Kazadi, bugamije gukemura by’imbitse amakimbirane amaze imyaka ari hagati y’aba Teke na Yaka.”

Ikomeza ivuga ko “iyi komisiyo kandi ngwizaba irimo abatware bayoboye imiryango y’aba Teke na Yaka ndetse n’abandi banyacyubahiro bazava muri perezidansi ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.”

Minisitiri Peter Kazadi ubwe yabwiye ibi biro ntara makuru bya RDC, L’agance Congolese de presse ko bategetswe na perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, gukora ibishoboka bakagarura amahoro muri ibyo bice.

Ati: “Abantu benshi bamaze gupfira muri ayo makimbirane ya Teke na Yaka. Kuri ubwo turakora Kugira amahoro agaruke. “

Yakomeje agira ati: “Impande zishyamiranye zamaze gutanga ubusobanuro ku mvo y’ibibazo bamaranye imyaka myinshi. Hari nibyo bagiye basaba ko byo kemuka mu maguru mashya, nka ba Yaka basaba ko ababo bafunzwe borekurwa, basaba kandi ko mu gace kabo ko hozanwa abasirikare abapolisi bahari bakahavanwa.”

“Ibikorwa remezo byagiye byangirika igihe cy’intambara, basaba leta ku bisana. Mu gihe Teke bo basaba ko hashirwaho iperereza ry’imbitse ku moko yombi bafashijwe na leta abakoze amabi bakabiryozwa. Basaba kandi ko abahohotewe bagomba guhabwa indishyi za kababaro.”

Bizwi ko amakimbirane y’aba Teke na Yaka yongeye gukaza umurego ahagana mu mwaka w’ 2017 ni mu gihe yatangiye mu myaka ibarirwa mu icumi irenga ishize.

              MCN.
Tags: Izakemura amakimbiraneKwamouthTshisekediYa Teke na Yaka
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Salva Kiir wa Sudan y’Epfo, akaba n’umuyobozi mukuru wa EAC yagize icyo asaba Tshisekedi kugira amahoro n’umutekano bigaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Perezida Salva Kiir wa Sudan y'Epfo, akaba n'umuyobozi mukuru wa EAC yagize icyo asaba Tshisekedi kugira amahoro n'umutekano bigaruke mu Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?