• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, habereye ibiganiro bidasanzwe byahuje ubuyobozi bw’Ingabo n’imiryango itandukanye kuri leta.

minebwenews by minebwenews
March 26, 2024
in Regional Politics
0
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, habereye ibiganiro bidasanzwe byahuje ubuyobozi bw’Ingabo n’imiryango itandukanye kuri leta.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu habaye ibiganiro bidasanzwe byahuje ubuyobozi bw’Ingabo n’abahagarariye imiryango itegamiye kuri leta.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Ni biganiro byabaye nyuma ya saa sita zo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 26/03/2024.

Byatangajwe n’abamwe mu bitabiriye ibyo biganiro bagize iyi miryango itegamiye kuri leta, uwitwa Carly Nzanzu, yavuze ko bahuye n’ubuyobozi bw’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, baganira ku bibazo by’u mutekano w’abaturage ahanini bo mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu, mu Burasirazuba bw’iki gihugu.

Mu byari ku meza y’ibyigwa harimo kandi ikibazo cya Quartier ya Congo ya Sika, harimo ibibazo by’i Kasindi na Lubiriha.

Muri iyo Nama kandi baganiriye no ku mirwano ikomeje kubica bigacika muri teritware ya Nyiragongo, Masisi na Rutshuru. Aho ingabo za FARDC zikomeje gusaba abaturage gufatanya n’ingabo maze bakarwanya umwanzi wabo.

Ibyo bibaye mu gihe imirwano ikomeje kuja imbere hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Iyi mirwano yazindutse ibera muri teritware ya Masisi, mu gace ka Nyange, Gatovu no mu nkengero zaho. Ni mu gihe kandi ku munsi w’ejo hashize mu nkengero za Sake hiriwe imirwano ikaze yasize M23 isubije abayigabyeho ibitero inyuma.

Kugeza ubu M23 iracyagenzura ibice byose yagiye yambura ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa.

           MCN.
Tags: Abagize imiryango itegamiye kuri letaFardcI GomaIbiganiro bidasanzwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare bo muri leta ya perezida Félix Tshisekedi, bahora biba imishahara ya bagenzi babo bagejejwe imbere y’urukiko rukuru rwa gisirikare mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Abasirikare bo muri leta ya perezida Félix Tshisekedi, bahora biba imishahara ya bagenzi babo bagejejwe imbere y'urukiko rukuru rwa gisirikare mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?