Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abasirikare bo muri leta ya perezida Félix Tshisekedi, bahora biba imishahara ya bagenzi babo bagejejwe imbere y’urukiko rukuru rwa gisirikare mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 26, 2024
in Regional Politics
0
Abasirikare bo muri leta ya perezida Félix Tshisekedi, bahora biba imishahara ya bagenzi babo bagejejwe imbere y’urukiko rukuru rwa gisirikare mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare ba leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, bashinjwa ku nyereza amafaranga ya baganzi babo, bagejejwe mu rukiko rukuru rwa gisirikare mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni abasirikare babiri baba ofisiye, aribo: “Gabriel Kasongo wari ushinzwe imishahara y’abasirikare bari mu kiruhuko na Jerry Ngoy Katengo ushinzwe ibarura ry’abasirikare.”

Aba basirikare babiri ni abo muri region(akarere) ya 34 ya gisirikare.

Nk’uko urukiko rukuru rwa gisirikare ruherereye i Goma rubivuga, n’uko rwa hamagaje bariya basirikare kugira ngo babazwe maze ukuri ku menyekana neza ko batanatanze ruswa kuri komisiyo y’u bugenzuzi bukuru bw’i mari (IGF).

Urukiko kandi mu kuba buranisha, batinze kubindi bise “uturere tutabaho,” muri bimwe biboneka mu nyandiko z’u mukozi ushinzwe kwishyura imishahara mu karere ka 34(i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru).

Bavuga ko urukiko kimwe n’urwego rw’ubushinja cyaha babajije abaregwa ibijanye n’inyandiko bariya basirikare bakoreshaga.

Umushinja cyaha avuga ko abanditse iriya nyandiko ivuga uturere tutazwi ari nabo bagaragaza irengero ry’amafaranga yanyerejwe.

Ngoy Katengo yireguye ko utwo duce twa koreraga mu karere ka 34 ka gisirikare.

Ku bwe, avuga ko abasirikare bari muri utwo duce boherejwe hanze ya karere ka 34 ka gisirikare.

Uru rukiko rukuru rwa gisirikare rwa nagaragaje ibintu bidasanzwe byagaragaye ku rutonde rw’abahawe imishahara, aho rwa riho imikono y’abahembwe, kandi batabaho.

                MCN.
Tags: 34Abiba imishahara y'abagenzi baboFardcMu Ntara ya Kivu y'AmajyaruguruUrukiko
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo gikomeje kwa maganwa i Goma,nyuma y’uko bahohoteye umugore wo mu bwoko bw’Abatutsi.

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo gikomeje kwa maganwa i Goma,nyuma y'uko bahohoteye umugore wo mu bwoko bw'Abatutsi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?