• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango w’Abibumbye, urashinjwa kurebera mu gihe Abatutsi bo muri Congo, bagiye gukorerwa Genocide.

minebwenews by minebwenews
March 28, 2024
in Regional Politics
0
Umuryango w’Abibumbye, urashinjwa kurebera mu gihe Abatutsi bo muri Congo, bagiye gukorerwa Genocide.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ernest Rwamucyo uhagarariye u Rwanda muri L’ONI, yashinje umuryango w’Abibumbye kurebera mu gihe Abatutsi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo benda gutsembwa, muri icyo gihugu.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu kiganiro cyahuje ibihugu bihurira mu ka Nama ka L’ONI gashinzwe umutekano ku Isi, ku munsi w’ejo tariki ya 27/03/2024. Bari bahuriye i New York.

Iki kiganiro cyari kigamije kurebera hamwe uko umutekano ku Isi wifashe no kubifataho imyanzuro harimo no kwiga ku makimbirane ari mu bihugu bitandukanye harimo na RDC, nk’uko iy’inkuru yatangajwe na BBC.

Aka Nama gashinzwe umutekano ku Isi ka L’ONI kagizwe n’ibihugu 15, ariko bitanu bikomeye kandi bigahoramo bikagira imbaraga mu gufata imyanzuro.

Mu busanzwe aka Nama ka L’ONI gashinzwe umutekano gafite ububashya gusaba impande zihanganye gukemura amakimbirane aba ari hagati yazo, kandi gashobora gufata ibihano, cyangwa kakemeza ikoreshwa ry’imbaraga mu kugarura amahoro.

Aharero niho Ernest Rwamucyo wari uhagarariye u Rwanda yanenze ko kugeza ubu hagati mu mwaka ushize L’ONI yari imaze gukoresha miliyari 24$ ku butumwa bwa Monusco bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, nyamara ibintu bikaba byararushijeho kumera nabi, n’imitwe y’itwaje imbunda ikiyongeraho kuba ninshi.

Uyu muyobozi wari uhagarariye u Rwanda, Rwamucyo yavuze ko imvugo z’u rwango no gushaka kumaraho Abatutsi b’Abanyekongo byafashe urundi rwego umuryango mpuzamahanga urebera.

Yagize ati: “Umuryango mpuzamahanga ntugomba kurebera Genocide irimo gutumba ku Batutsi bo muri Congo.”

Yakomeje avuga ko ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, zifatanya mu mirwano n’umutwe wa FDLR urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda, avuga ko ibi bigomba guhagarara kandi FDLR ikamburwa imbunda igacurwa mu Rwanda.

Nyuma y’uko Rwamucyo yari amaze kuvuga, umunyekongo uhagarariye icyo gihugu muri L’ONI, bwana Zéno Mukongo yahise ajaho maze we avuga ko yibaza impamvu u Rwanda ruja muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ku bwe avuga ko ari ukurengera Abatutsi b’Abanyekongo ariko avuga ko ni Burundi haba Abatutsi akibaza impamvu ho batajayo.

Mukongo avuga ko “ibyo muri Congo ari ikibazo cy’i mbere mu gihugu, asaba u Rwanda kuguma iwabo.”

Yongeyeho ko umutwe wa FDLR ukunze kuvugwa n’u Rwanda ari “umukino u Rwanda rukina.”

Bwana Zéno Mukongo asoza asaba L’ONI kugira icyo ikoze igafatira u Rwanda ibihano.

Mu gihe uwari uhagarariye u Burundi we, Zéphyrin Mniratanga yavuze ko u Burundi bwakomeje umubano mwiza n’abaturanyi uretse umwe uteje ikibazo, avuga ko uwo muturanyi mubi ari u Rwanda, asaba ko rutanga abashatse guhirika ubutegetsi bw’u Burundi mu 2015.

           MCN.
Tags: Abatutsi bo muri CongoGenocideIrashinjwaKureberaUmuryango w'Abibumbye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Kuri uyu wa Kane , imirwano hagati y’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga n’abo ku hande rwa leta ya Kinshasa, yakomereje mu bindi bice, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Kuri uyu wa Kane , imirwano hagati y'ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga n'abo ku hande rwa leta ya Kinshasa, yakomereje mu bindi bice, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?