• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’umuryango w’Abibumbye, MONUSCO, zategetswe kuvana Ingabo zayo, mu bice M23 iheruka kubohoza.

minebwenews by minebwenews
March 29, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo z’umuryango w’Abibumbye, MONUSCO, zategetswe kuvana Ingabo zayo, mu bice M23 iheruka kubohoza.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare ba MONUSCO, bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro n’umutekano muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, bategetswe kuvana Ingabo zabo mu bice byafashwe na M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni byasabwe na leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, nk’uko MONUSCO yabitangaje ubwayo yonyine ikoresheje urubuga rwa x.

Monusco ikoresheje urubuga rwayo rwa x, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29/03/2024, yatanze ubutumwa igira iti: “Hashingiwe ku busabe bw’ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Monusco yavuye mu birindiro byayo biri i Rwindi na Nyanzale, y’imurira ingabo zayo ahandi kugira ngo zijye kongerera imbaraga ibikorwa byo muri Kivu Yaruguru.”

Ubutumwa bwa Monusco bukomeza buvuga ko “ibikoresho byazo bya gisirikare birimo imbunda ziremereye n’amasasu, nabyo byakuwe mu birindiro byegereye parike ya Virunga, byi murirwa ahandi.”

Centre ya Nyanzale yafashwe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga(M23), mu ntangiriro z’ukwezi kwa Gatatu, nyuma yaho gato baje kongera kwigarurira na Rwindi. Ubwo n’ibwo leta ya Kinshasa yatangiye gushinja MONUSCO kurebera ibyo bice bigafwa n’abo barwanyi. Bityo Kinshasa ikavuga ko Monusco itera inkunga M23 .

Ibi bigakekwa ko biri mu byatumye leta ya Kinshasa,bisaba ingabo z’u muryango w’Abibumbye, MONUSCO, kuvana Ingabo zabo muri Rwindi na Nyanzale, muri teritware ya Rutsuru.

             MCN.
Tags: Ingabo zayoKinshasaKuvanaLetaMonuscoNyanzaleRwindiYategetswe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Kuri uyu mugoroba wo ku wa Gatanu, igisasu cyahitanye abarimo na Wazalendo, mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Kuri uyu mugoroba wo ku wa Gatanu, igisasu cyahitanye abarimo na Wazalendo, mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?