• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bamwe mu bayoboke bari mu bafata ibyemezo muri UDPS ya Félix Tshisekedi, batangiye kuyoboka Alliance Fleuve Congo, ya Corneille Nangaa.

minebwenews by minebwenews
March 31, 2024
in Regional Politics
0
Bamwe mu bayoboke bari mu bafata ibyemezo muri UDPS ya Félix Tshisekedi, batangiye kuyoboka Alliance Fleuve Congo, ya Corneille Nangaa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abo mu ishyaka riri ku butegetsi rya UDPS muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, nabo batangiye kwinjira mw’ihuriro ry’imitwe ya politike n’igisirikare, rya AFC, ya Corneille Nangaa, igamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni bwana Jean Claude Wakantsha, ugaragara ibimuso ku foto, niwe wamaze kuba umwe mu bagize Alliance Fleuve Congo, AFC mu magambo ahinye, nk’uko byatangajwe nanyiri bwite akoresheje imbuga nkoranya mbaga.

Jean Claude Wakantsha yahoze ari mu bayobozi bavuga rikijana mu ishyaka rya politike rya UDPS, y’injiye muri Alliance Fleuve Congo (AFC) ya Corneille Nangaa.

Uyu mugabo akimara kugera muri Alliance Fleuve Congo, yatangaje ko aziye igihe ahamagarira abandi banyekongo kuyoboka Alliance Fleuve Congo.

Yagize ati: “Uyu ni umwaka mwiza kuri Congo n’Abanyekongo kugira ngo bibohore. Ndakangurira Abanyekongo bose kumenya ko iki ari igihe cyabo kandi mugane Alliance Fleuve Congo niyo irimo ubukiriro.”

Aje mu gihe ubutegetsi bwa Kinshasa bwarimo bushinja ishyaka rya PPRD kuba abayoboke baryo bari kwiyunga muri Alliance Fleuve Congo, ibyo ubuyobozi bwa PPRD bamaganye bavuga ko no muri UDPS bishobora kubageraho.

PPRD ivuga ko itari inyuma yabayoboke bayo bagana muri AFC ya Corneille Nangaa.

          MCN.
Tags: Bamwe mu bayobokeBatangiye kugaba AFCJean Claude WakantshaUDPS
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Uganda: mu giterane cyo gusoza Pasika,  Ev. Biganza Moïse yabwirije ko haba icyaha kimwe gusa cyo “ku tizera Yesu kristo.”

Uganda: mu giterane cyo gusoza Pasika, Ev. Biganza Moïse yabwirije ko haba icyaha kimwe gusa cyo "ku tizera Yesu kristo."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?