Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ingabo za leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, zarwanye urugamba rukaze.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 2, 2024
in Regional Politics
0
I Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ingabo za leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, zarwanye urugamba rukaze.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Kabiri, habaye urugamba rukomeye hagati y’Ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo (FARDC) n’abarwanyi bo mu mutwe wa kisilamu(ADF ), rubereye mu bice byo muri teritware ya Beni mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ni imirwano yabaye igihe cya masaha y’igicamunsi kuri uyu wa Kabiri, ikaba yabereye mu duce turi mu nkengero za centre ya Mangina, muri teritware ya Beni, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’umuvugizi w’igisirikare cya FARDC muri Beni, Captain Anthony Mwalushayi.

Yavuze ko hafi na centre ya Mangina hagabwe igitero gikaze. Yemeza ko icyo gitero cyagabwe n’umutwe witerabwoba wa ADF ukomoka mu gihugu cya Uganda.

Mwalushayi yanavuze ko iki gitero cya ADF cyari kiyobowe n’abayobozi babiri bo muri uwo mutwe, uwitwa Aboukas na Amigo.

Yagize ati: “Ibitero bya gabwe ku bitaro bya Mangodomo ni hafi na centre ya Mangina, ariko ingabo z’igihugu zabasutseho umuriro w’i mbunda. Ni ibitero bya ba Jihadiste, biyobowe na Aboukas na Amigo.”

Uyu muvugizi w’igisirikare cya FARDC yavuze kandi ko iz’i nyeshamba zatwitse imihana y’abatutage bica n’abasivile bane.

Ati: “ADF yatwitse amazu y’abatutage; bishe n’abasivile bane.”

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko ingabo za Repubulika ya demokorasi ya Congo (FARDC) zo muri Regima ya 3203 kwarizo zasubije inyuma ibyo bitero bya ADF.

       MCN
Tags: ADFBeniManginaUrugamba rukaze
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cya Ukraine cyakoze igitero cya mbere kiri kure, gihita cyangiriza uruganda rukaze rwo  mu Burusiya.

Igisirikare cya Ukraine cyakoze igitero cya mbere kiri kure, gihita cyangiriza uruganda rukaze rwo mu Burusiya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?