• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, arashinjwa guhemukira iki gihugu.

minebwenews by minebwenews
April 3, 2024
in Regional Politics
0
Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, arashinjwa guhemukira iki gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Christophe Lutundula yashinje Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida w’igihugu, gutera inkunga umutwe wa M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu kiganiro Christophe Lutundula yagiranye n’umunyamakuru w’u mufaransa Marc Perelman, kuri France 24.

Christophe Lutundula muri iki kiganiro yanenze ubutegetsi bwa Kenya bwahaye icyicaro AFC ya Corneille Nangaa, ubwo yari agiye kuyishira ku mugaragaro. Avuga ko ibyo biri mu bituma akarere gakomeza kubamo umwuka mubi hagati mu bihugu.

Yagize ati: “Kenya iri mu bihugu biha inkunga AFC ya Corneille Nangaa iteza umwuka mubi mu karere.”

Lutundula kandi yanenze n’ishyaka rya PPRD, aho yagize ati: “Abayobozi bo mu ishyaka ryahoze ku butegetsi rya PPRD bafite uruhare runini mu guhungabanya umutekano w’u Burasirazuba bw’igihugu cya RDC. Bafasha M23, n’ubwo atari bose ariko abayobozi bayo barayifasha.”

Lutundula yavuze ko iperereza rigikomeje gukorwa n’inzego zishinzwe umutekano ku gira ngo bamenye ukuri ku bufatanye buri hagati ya AFC na PPRD. Avuga ko ay’amakuru namara gukusanywa azashirwa ku karubanda.

Ati: “Kabila yifatanije n’u mutwe wa M23, ari mubahungabanya umutekano w’i gihugu.”

Mu Cyumweru gishize umunyabanga mukuru w’ishyaka rya Félix Tshisekedi (UDPS), Augstin Kabuya, yavuze ko hari ibimenyetso byerekana ko Joseph Kabila akorana byahafi na AFC ya Corneille Nangaa.

Yagize ati: “Nta gushidikanya kuhari Joseph Kabila Kabange yahemukiye igihugu kuko akorana n’imitwe irwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.”

Ibyo nibyo umujanama wa Joseph Kabila mu byapolitike, Barbara Nzimbi, yateye utwatsi avuga ko ibyo Kabila aregwa byose bidafite ishingiro. Ashimangira ko Joseph Kabila Kabange agize iminsi akurikirana ibya masomo mu gihugu cya Afrika y’Epfo, ko kandi n’ubu ariyo ari.

Ibi byakuruye impaka nyuma y’uko hari abo mu ishyaka rya PPRD bari bavuye muri iryo Shyaka biyunga na AFC.

            MCN.
Tags: AFCChristophe LutundulaCorneille NangaaYashinje Joseph Kabila
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Urwego rw’ubugenzacyaha mu gihugu cy’u Rwanda(RIB), rwerekanye abantu batawe muriyombi bafatanwe ‘ibirozi’ herekanwa n’ibirozi byabo.

Urwego rw'ubugenzacyaha mu gihugu cy'u Rwanda(RIB), rwerekanye abantu batawe muriyombi bafatanwe 'ibirozi' herekanwa n'ibirozi byabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?