Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bill Clinton wahoze ari perezida wa leta Zunze ubumwe z’Amerika ari muzitabira kwibuka ku nshuro ya 30, Genocide ya korewe abatutsi mu Rwanda.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 4, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Bill Clinton ari mu bazitabira kwibuka ku nshuro ya 30 genocide ya korewe Abatutsi mu Rwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ukuva ku Cyumweru tariki ya 07/04/2024, n’ibwo u Rwanda n’isi yose muri rusange bazatangira kwibuka ku nshuro ya 30 genocide yakorewe Abatutsi.

Nk’uko bikomeje gutangazwa mu binyamakuru bitandukanye bya vuzwe ko Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika Joe Biden ariwe wagenye Bill Clinton ku muhagararira muri uwo muhango.

Bill Clinton ya yoboye Amerika hagati ya 1993 na 2001. Akazaba ayoboye intumwa zirimo Ambasaderi wa Amerika mu Rwanda, Eric Kneedler, harimo n’abandi bazaba bari muri iryo tsinda nka Mary Catherine Phee, usanzwe ari umunyamabanga wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika w’u ngirije mu biro bishinzwe Afrika.

Harimo kandi Casey Redmon usanzwe ari umukozi mu biro by’u mukuru w’igihugu muri Amerika ushinzwe ibijyanye n’amategeko mu kanama gashinzwe umutekano w’i gihugu.

Abandi bazaba bahari ni monde Muyangwa, ukora mu biro bishinzwe Afrika mu ishamyi rya Amerika rishinzwe iterambere, USAID.

Uru rukazaba ari uruzinduko rwa Gatatu Bill Clinton agiye kugurira mu Rwanda. Urwa mbere rwabaye mu 1998 akiri perezida, urwa kabiri ruba mu 2013 aha yari yamaze kuva ku butegetsi.

          MCN.
Tags: AbatutsiAzitanira umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 30Bill ClintonGenocidemu Rwanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Bill Clinton wahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, ari muzitabira kwibuka ku nshuro ya 30, genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Bill Clinton wahoze ari perezida wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, ari muzitabira kwibuka ku nshuro ya 30, genocide yakorewe Abatutsi mu Rwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?