• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Goma, habaye imyigaragambyo idasanzwe yo gusaba ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ku rwana zidahunga.

minebwenews by minebwenews
April 5, 2024
in Regional Politics
0
I Goma, habaye imyigaragambyo idasanzwe yo gusaba ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ku rwana zidahunga.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Goma mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, habereye imyigaragambyo yo gusaba ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), ku rwana zivuye inyuma murwego rwo kugira zirukane umutwe wa M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni myigaragambyo yakozwe ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu, ibera mu Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Nk’uko bigaragara mu butumwa abakoze iy’i myigaragabyo bari bitwaje ku byapa, butangiza buvuga ko imyigaragambyo yakozwe n’impunzi zavuye muri gurupema ya Kamuronza, Mupfunyi/Shanga, Kitshanga, teritware ya Rutshuru na Nyiragongo.

Ubutumwa bwabo bukomeza buvuga ko barambiwe n’intambara zurudaca, bityo bagasaba ko igisirikare cya leta ya perezida Félix Tshisekedi ki rwana cyivuye inyuma ki kurikirana abarwanyi ba M23.

Buvuga kandi ko umwanzi atagira imbaraga ko mu gihe abasirikare ba Guverinoma ya Kinshasa bobishiramo imbaraga muri icyo gihe bo kwirukana M23 ku butaka bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Bagize bati: “Turarambiwe, turambiwe n’intambara zurudaca. Turasaba igisirikare cy’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, kurwana bakirukana umwanzi. Umwanzi ntagira imbaraga umwanzi ni umunyabwoba.”

Ubutumwa bwabo busoza buvuga ko mu gihe ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zizananirwa ku rwanya M23, izi mpunzi zizaja gucyumbika mu mazu ya bayobozi bayoboye i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

           MCN.
Tags: Gusaba ingabo za FARDCImyigaragambyoKurwanya M23Kuyirukana ku butaka bwa RDC
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye impamvu ingabo za AFC/M23 zidafata  Goma, ziyirukanyemo ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Hamenyekanye impamvu ingabo za AFC/M23 zidafata Goma, ziyirukanyemo ihuriro ry'Ingabo za Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?