• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hari icyizere cy’uko umubano w’i Gihugu cya Afrika y’Epfo n’u Rwanda waba mwiza nyuma y’ibyavuye mu biganiro by’abakuru b’ibihugu byombi.

minebwenews by minebwenews
April 9, 2024
in Regional Politics
0
Hari icyizere cy’uko umubano w’i Gihugu cya Afrika y’Epfo n’u Rwanda waba mwiza nyuma y’ibyavuye mu biganiro by’abakuru b’ibihugu byombi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hagaragaye ibiganisha ku mubano mwiza w’u Rwanda n’igihugu cya Africa y’Epfo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Cyril Ramaphosa wa Afrika y’Epfo, bagiranye ibiganiro aho bakoze ku mubano w’i bihugu byombi, nk’uko abayobozi bombi babivuzeho kobagiranye ibiganiro byiza, ndetse Ramaphosa mbere y’uko yurira indege asubira mu gihugu cya Afrika y’Epfo yabwiye itangaza makuru ko yakuye isomo rishya ku ntambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC.

Ati: “Navanye indi myumvire itandukanye niyo narinfite ku miterere y’ibibazo byo muri Congo. Intambara yo mu Burasirazuba bwa RDC, igomba gukemurwa munzira za politiki.”

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Mbere tariki ya 08/04/2024, yabajijwe icyo yaganiriye na mugenzi we wa Afrika y’Epfo wari waje mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 30 Abatutsi bishwe muri genocide, avuga ko icyo kiganiro cyari cyiza.

Ati: “Twagiranye ikiganiro cyiza, cyabaye umwanya mwiza wo kumva neza ikibazo, kandi birashoboka ko twafatanya mu kugishakira umuti. Njye naranyuzwe.”

Mu ijambo perezida w’u Rwanda Paul Kagame yatangije avuga mu muhango wo kwibuka, yashimiye Afrika y’Epfo n’amahanga yabaye hafi y’u Rwanda.

Yagize ati: “Mu gihe Afrika y’Epfo yari ishyize iherezo kuri Apartheid; igatora Nelson Mandela nka perezida; mu Rwanda harimo hakorwa genocide yanyuma yo mu kinyejana cya 20.

Afrika y’Epfo yatwishyuriye inzobere z’abaganga bo muri Cuba kugira ngo bazahure urwego rw’u buzima rwacu rwari rwarasenyutse, abanyeshuri bo mu Rwanda babemereye kwiga muri Kaminuza zabo, ndetse bakishyura amafaranga y’imbere mu gihugu. Mu banyeshuri b’Abanyarwanda bafashijwe na Afrika y’Epfo; bamwe bari abana b’imfubyi, abarokotse; abandi bari abana b’abakoze genocide, namwe muri bo babaye abayobozi mu gihugu cyacu munzego zitandukanye, uyu munsi babayeho mu buzima bushya.

Cyirl Ramaphosa mbere y’uko afashe urugendo rwa gusubira mu gihugu cye, yagarutse ku mubano w’i bihugu byombi nyuma ya genocide yakorewe Abatutsi.

Ati: “Dufitenye umubano mwiza n’u Rwanda kandi umaze imyaka myinshi. Mu byukuri mu myaka 30 ishize Genocide yakorewe Abatutsi; perezida Mandela niwe wavuze ko tutatabaye Abanyarwanda kubera ko icyo gihe twari duhugiye mu gushyira iherezo kuri Apartheid. Ibi bihe byarabishikanye nk’intama mu ijoro.

Nyuma y’ibyo bihe Afrika y’Epfo yatangije ibikorwa bitandukanye birimo n’ibyo perezida Paul Kagame yavuze uyu munsi. Ibyo bivuze imibanire myiza iri hagati yacu. Nibyo ni umubano umaze igihe kinini; ariko wahuye n’ibibazo, kuva naba perezida niyemeje kubikemura, mu ijoro ryakeye nagiranye na perezida w’u Rwanda ibiganiro bigamije kureba uko twabyutsa uwo mubano.”

Ibiganiro bya perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Cyril Ramaphosa byanagarutse ku bibazo by’intambara iri mu Burasirazuba bwa RDC, aho ibihugu byombi bemezanije gukemura bafatikanije na SADC.

Afrika y’Epfo ifite abasirikare bagera kuri 2900 mu Burasirazuba bwa RDC.

          MCN.
Tags: Afrika y'EpfoKuba mwizaUmubano
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, azindutse yica Inka z’Abatutsi, muri teritware ya Nyiragongo.

Umusirikare wo mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, azindutse yica Inka z'Abatutsi, muri teritware ya Nyiragongo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?