• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,hatashye ubwoba budasanzwe, nyuma y’iturika ry’imbunda ku marembo y’uwo Mujyi.

minebwenews by minebwenews
April 10, 2024
in Regional Politics
0
I Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru,hatashye ubwoba budasanzwe, nyuma y’iturika ry’imbunda ku marembo y’uwo Mujyi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

I Goma hatashye ubwoba budasanzwe nyuma y’iturika ry’imbunda ku marembo y’uwo Mujyi, uzwi nk’u murwa mu kuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ahagana isaha z’u mugoroba nibwo mu bice byerekeza ku isoko izwi kwizina rya ‘Alanine,’ mu Mujyi wa Goma, abacuruzi baho bakwiye imishwaro nyuma y’uko bari bumvise ibiturika bya masasu, nk’uko amasoko ya MCN abivuga.

Ay’amakuru avuga ko amasasu yarasiwe hafi no ku marembo yo kwa perezida, maze abacuruzi biruka bagana mu Mujyi rwagati.

Gusa iy’i nk’uru ikomeza ivuga ko ntakizwi kucyaba cyatumye ayo masasu araswa, ariko bigakekwa ko hoba habaye ukutumvikana hagati mu ngabo zikorera muri ibyo bice bigatuma haba ugusubiranamo.

Ki mwe ho mu bice byo muri teritware ya Masisi, hiriwe imirwano ikaze, hagati y’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa n’umutwe wa M23.

Ni imirwano ya bereye ahitwa i Nyakajaga n’ahitwa ku Nteko hafi no mubice byitwa Kabaya, muri Grupema ya Matanda, teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ibi bice byabereyemo imirwano bikaba biri mu ntera y’ibirometre nka 40 n’u Mujyi wa Goma.

Amakuru yizewe Minembwe Capital News ikesha abarwanyi ba M23 avuga ko iyi mirwano yatangiye igihe c’isaha z’igitondo cyakare ikaba yagejeje ubu ku masaha y’umugoroba.

Abo barwanyi banahamirije Minembwe Capital News ko bambuye ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ibice birimo Kajaga na Nteko.

Iyi mirwano ibaye mu gihe MONUSCO yari yatangaje ko M23 ikomeje kuja imbere ko ndetse ishobora gufata u Mujyi wa Goma ngo mugihe abo ku ruhande rwa leta bogira uburangare.

         MCN.
Tags: GomaHatashye ubwoba budasanzweIturika ry'i mbunda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abandi basivile batatu baraye bishwe i Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Abandi basivile batatu baraye bishwe i Goma, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?