Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibya perezida Félix Tshisekedi byashizwe ku karubanda maze bamwe mu babishyize hanze baricwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 12, 2024
in Regional Politics
0
Ibya perezida Félix Tshisekedi byashizwe ku karubanda maze bamwe mu babishyize hanze baricwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugabo uheruka gushira amakuru y’ibanga hanze ya perezida Félix Tshisekedi yapfuye.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni umwe mu basirikare bahoraga hafi ya perezida Félix Tshisekedi wishwe nyuma umurambo we ukajugunywa hafi n’amazu abamo abasirikare barinda umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko iy’inkuru ivugwa nabaturiye i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.

Ay’amakuru akavuga ko uwo mugabo wo mu basirikare barinda Tshilombo yishwe ku mpamvu z’uko yari yashyize hanze amakuru avuga ku burwayi bwa Tshisekedi.

Ahagana tariki ya 07/04/2024, n’ibwo umuvugizi wa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, Tina Salama yatangaje ko umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo yagiriye uruzinduko hanze y’igihugu cya RDC ariko ntiyagira igihugu atangaza ko yazindukiyemo.

Muri icyo gihe ibinyamakuru birimo n’ibyo mu Bubiligi byari byatangaje ko Tshisekedi yagiriye uruzinduko mu gihugu cy’u Rwanda, mu buryo bw’ibanga. Nyuma izindi nkuru zakomeje guhwihwiswa ko bitazwi aho Tshisekedi y’aba aherereye.

Ubwo rero haje gusohoka andi makuru yavuzwe n’uwo musirikare bivugwa ko yishwe, avuga ko perezida Félix Tshisekedi Tshilombo arwariye i Bruxelles mu gihugu cy’u Bubiligi, aho ngo yagiye kwivuza mu buryo bw’ibanga rikomeye, kubera uburwayi amaranye igihe bwo mu myanya myibarukiro, ndetse uwo musirikare akavuga ko Tshisekedi arwaye prostate no kwihagarika nabi.

Kimweho mu makuru yatangajwe n’ikinyamakuru cya infos.cd yo, avuga ko Tshisekedi yerekeje i Bruxelles mu Bubiligi tariki ya 06/04/2024 ko kandi yajanye n’itsinda ry’abantu bagera kuri 20 barimo abaganga be, abarinzi ndetse n’inshuti ze zahafi n’abamwe bo mu muryango we.

Gikomeza kivuga ko Tshisekedi aho yari amaze kugera i Bruxelles mu Bubiligi yahise ajanwa mu Bitaro byitiriwe intumwa ya Yesu kristo Luka(Sait Luc), ngo nimugihe yari yagize ibibazo by’u Buzima.

Mu mwaka w’ 2022, nabwo perezida Félix Tshisekedi yajanwe mu Bubiligi, mu buryo byabanjye kugirwa ibanga ariko biza ku menyekana ko yari yagize ibibazo by’uburwayi.

Gusa kuri ubu Tshisekedi ngoyaba yamaze koroherwa ndetse akaba yanamaze gusubira mu gihugu, n’ubwo abavugizi be batarabitangaza.

                 MCN.
Tags: Bamwe mu bishize hanzeBaricwaIbya Tshisekedi byashizwe ku karubanda
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Mu Mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hagaragaye abantu bitwaje imbunda batazwi.

Mu Mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, hagaragaye abantu bitwaje imbunda batazwi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?