• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibya perezida Félix Tshisekedi byashizwe ku karubanda maze bamwe mu babishyize hanze baricwa.

minebwenews by minebwenews
April 12, 2024
in Regional Politics
0
Ibya perezida Félix Tshisekedi byashizwe ku karubanda maze bamwe mu babishyize hanze baricwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugabo uheruka gushira amakuru y’ibanga hanze ya perezida Félix Tshisekedi yapfuye.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ni umwe mu basirikare bahoraga hafi ya perezida Félix Tshisekedi wishwe nyuma umurambo we ukajugunywa hafi n’amazu abamo abasirikare barinda umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, nk’uko iy’inkuru ivugwa nabaturiye i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.

Ay’amakuru akavuga ko uwo mugabo wo mu basirikare barinda Tshilombo yishwe ku mpamvu z’uko yari yashyize hanze amakuru avuga ku burwayi bwa Tshisekedi.

Ahagana tariki ya 07/04/2024, n’ibwo umuvugizi wa perezida Félix Tshisekedi Tshilombo, Tina Salama yatangaje ko umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo yagiriye uruzinduko hanze y’igihugu cya RDC ariko ntiyagira igihugu atangaza ko yazindukiyemo.

Muri icyo gihe ibinyamakuru birimo n’ibyo mu Bubiligi byari byatangaje ko Tshisekedi yagiriye uruzinduko mu gihugu cy’u Rwanda, mu buryo bw’ibanga. Nyuma izindi nkuru zakomeje guhwihwiswa ko bitazwi aho Tshisekedi y’aba aherereye.

Ubwo rero haje gusohoka andi makuru yavuzwe n’uwo musirikare bivugwa ko yishwe, avuga ko perezida Félix Tshisekedi Tshilombo arwariye i Bruxelles mu gihugu cy’u Bubiligi, aho ngo yagiye kwivuza mu buryo bw’ibanga rikomeye, kubera uburwayi amaranye igihe bwo mu myanya myibarukiro, ndetse uwo musirikare akavuga ko Tshisekedi arwaye prostate no kwihagarika nabi.

Kimweho mu makuru yatangajwe n’ikinyamakuru cya infos.cd yo, avuga ko Tshisekedi yerekeje i Bruxelles mu Bubiligi tariki ya 06/04/2024 ko kandi yajanye n’itsinda ry’abantu bagera kuri 20 barimo abaganga be, abarinzi ndetse n’inshuti ze zahafi n’abamwe bo mu muryango we.

Gikomeza kivuga ko Tshisekedi aho yari amaze kugera i Bruxelles mu Bubiligi yahise ajanwa mu Bitaro byitiriwe intumwa ya Yesu kristo Luka(Sait Luc), ngo nimugihe yari yagize ibibazo by’u Buzima.

Mu mwaka w’ 2022, nabwo perezida Félix Tshisekedi yajanwe mu Bubiligi, mu buryo byabanjye kugirwa ibanga ariko biza ku menyekana ko yari yagize ibibazo by’uburwayi.

Gusa kuri ubu Tshisekedi ngoyaba yamaze koroherwa ndetse akaba yanamaze gusubira mu gihugu, n’ubwo abavugizi be batarabitangaza.

                 MCN.
Tags: Bamwe mu bishize hanzeBaricwaIbya Tshisekedi byashizwe ku karubanda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post
Mu Mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hagaragaye abantu bitwaje imbunda batazwi.

Mu Mujyi wa Goma, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru, hagaragaye abantu bitwaje imbunda batazwi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?