Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Imirambo icyumi n’umunani y’abaturage yatoraguwe mu mirima, muri teritwari ya Beni, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 15, 2024
in Regional Politics
0
Imirambo icyumi n’umunani y’abaturage yatoraguwe mu mirima, muri teritwari ya Beni, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri teritware ya Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, hatoraguwe imirambo y’abantu 18.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni imirambo ya toraguwe ku munsi w’ejo hashize, aho yabonetse mu gace ka Sayo, gaherereye muri iyi teritware ya Beni, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa RDC.

Amakuru atangwa n’ubuyobozi bw’i banze bwo mu gace ka Sayo, avuga ko abo bantu biciwe mu mirima mu gihe bari bagiye gushaka ibyo kurya, kandi ubuyobozi bugahamya ko bishwe n’abarwanyi bo mu mutwe w’iterabwoba wa ADF.

Umutwe wa ADF uzwiho guterwa inkunga na Islamic State, iheruka kwigamba kugaba igitero mu bice byo mu Ntara ya Ituri, mu mpera z’i Cyumweru gishize. Icyo gitero cya shimutiwemo abantu bagera ku 16, nk’uko uwo mutwe wabyigabye.

Islamic State yavuze ko icyo gitero yagikoze binyuze ku ngabo ziyobowe na Califa wo muri ADF ko kandi muri icyo gitero bacishemo abakristo bagera ku 13 n’abandi 16 barabashimuta.

Kimweho muri aba 16 bari bashimuswe batatu babashye gutoroka basubira imuhira, nk’uko ubuyobozi bubivuga.

I Mihana ituwe n’abakristo yagabwemo ibitero bya ADF harimo umuhana wa Ndalia, haherereye ku muhanda wa Kumanda, muri Komine ya Eringeti, mu Ntara ya Ituri.

Gusa ibitero bya ADF byakunze kwibasira ibice byo muri teritware ya Beni, ku mpamvu zuko Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo gifatikanyije n’igisirikare cya Uganda, byishize hamwe muri operasiyo ya Shujaa kugira ngo bahashye uwo mutwe w’iterabwoba wa ADF.

              MCN.
Tags: AbataratageIcyumi n'umunaniImiramboYatoraguwe Beni
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Israel ngo yaba igiye guhora! menya izindi ngamba zifashwe muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere, hagati ya Iran na Israel.

Israel ngo yaba igiye guhora! menya izindi ngamba zifashwe muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere, hagati ya Iran na Israel.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?