Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Umukobwa muto wo mu gihugu cya Uganda, yakubiswe bibabaje azira idini rya gikristo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 24, 2024
in Religion
0
Umukobwa muto wo mu gihugu cya Uganda, yakubiswe bibabaje azira idini rya gikristo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukobwa wo mu gihugu cya Uganda, yakubiswe bibabaje azira idini.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Ni Shakira Nakirya w’imyaka 19 wakubiswe inkoni ninshi kuberako yagiye gusengera mu idini ry’abarokore kandi ari umuyisilamu.

Amashusho yagiye hanze kuva ku munsi w’ejo hashize yagaragaje uriya mukobwa ari gukubitwa inkoni byo ku mwica, ni mu gihe yari yakoze urugendo ku wa Gatandatu w’i Cyumweru gishize avuye mu materaniro y’abarokore kandi asanzwe ari umuyisilamu hamwe n’umuryango avukamo.

Ubwo yari amaze kugera kwa Hajji Kosi, uwo bavuga ko ari musaza wa nyina yaramufashe amurambika hasi batangira ku mukubita bidasanzwe ba muhora ko avuye gusengera mu nsegero z’abarokore.

Muri ariya mashusho, agaragaza abantu benshi harimo abasore n’abakobwa barimo gukubitagura Shakira arambaraye hasi avuza n’induru.

Video ibyerekana w’umvaga n’amajwi bavuga ko Shakira yakubiswe inkoni ijana.

Bikavugwa ko mama wa Shakira asanzwe ari mu gihugu cya Arabia Saoudite, ariko ko ariwe wahamagaye basaba we gukora ibishoboka byose bagakubita umukobwa we, uwo yari yabwiwe ko yagiye gusengera mu Bayisilamu.

Ibi nibyo byatumye abarimo imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yo mu gihugu cya Uganda, ihaguruka kugira ngo ivuganire uyu mwana w’u mukobwa.

Amakuru anavugwa ko Polisi yo mu bice bya Kikubu imaze guta muri yombi abantu bagera kuri barindwi bagaragaye mu mashusho bakubita Shakira nk’uko byamaze kwemezwa n’inzego z’u mutekano.

                 MCN.
Tags: Rya gikristoUmukobwaYakubiswe inkoni azira idini
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Guverinoma ya Kenya, yafashye ingamba zikomeye zo kurwanya umwanda.

Guverinoma ya Kenya, yafashye ingamba zikomeye zo kurwanya umwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?