• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 24, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Umukobwa muto wo mu gihugu cya Uganda, yakubiswe bibabaje azira idini rya gikristo.

minebwenews by minebwenews
April 24, 2024
in Religion
0
Umukobwa muto wo mu gihugu cya Uganda, yakubiswe bibabaje azira idini rya gikristo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukobwa wo mu gihugu cya Uganda, yakubiswe bibabaje azira idini.

You might also like

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ni Shakira Nakirya w’imyaka 19 wakubiswe inkoni ninshi kuberako yagiye gusengera mu idini ry’abarokore kandi ari umuyisilamu.

Amashusho yagiye hanze kuva ku munsi w’ejo hashize yagaragaje uriya mukobwa ari gukubitwa inkoni byo ku mwica, ni mu gihe yari yakoze urugendo ku wa Gatandatu w’i Cyumweru gishize avuye mu materaniro y’abarokore kandi asanzwe ari umuyisilamu hamwe n’umuryango avukamo.

Ubwo yari amaze kugera kwa Hajji Kosi, uwo bavuga ko ari musaza wa nyina yaramufashe amurambika hasi batangira ku mukubita bidasanzwe ba muhora ko avuye gusengera mu nsegero z’abarokore.

Muri ariya mashusho, agaragaza abantu benshi harimo abasore n’abakobwa barimo gukubitagura Shakira arambaraye hasi avuza n’induru.

Video ibyerekana w’umvaga n’amajwi bavuga ko Shakira yakubiswe inkoni ijana.

Bikavugwa ko mama wa Shakira asanzwe ari mu gihugu cya Arabia Saoudite, ariko ko ariwe wahamagaye basaba we gukora ibishoboka byose bagakubita umukobwa we, uwo yari yabwiwe ko yagiye gusengera mu Bayisilamu.

Ibi nibyo byatumye abarimo imiryango iharanira uburenganzira bwa muntu yo mu gihugu cya Uganda, ihaguruka kugira ngo ivuganire uyu mwana w’u mukobwa.

Amakuru anavugwa ko Polisi yo mu bice bya Kikubu imaze guta muri yombi abantu bagera kuri barindwi bagaragaye mu mashusho bakubita Shakira nk’uko byamaze kwemezwa n’inzego z’u mutekano.

                 MCN.
Tags: Rya gikristoUmukobwaYakubiswe inkoni azira idini
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga

Nyuma yo gutakamba kwa Theo, itorero riyobowe na Bishop Masengo ryamuteye inkunga Itorero riherereye i Kigali mu Rwanda rya Foursquare, riyobowe na Bishop Fidel Masengo, ryafashije umuririmbyi uririmba...

Read moreDetails

Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Umuyobozi w’Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry’Imana abugenera abatuye isi yose

Umuyobozi w'Impunzi i Nakivale yatanze ubutumwa mu ijambo ry'Imana abugenera abatuye isi yose Ngendahayo Justin, Umuyobozi w'Impunzi mu ikambi z'icyumbikiwemo y'i Nakivale, ha herereye mu majy'Epfo ya Uganda,...

Read moreDetails

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
0
Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n’abitandukanya n’imiryango yabo

Ev.Chantal yavuze imico igomba kuranga abakristu, anenga nanone n'abitandukanya n'imiryango yabo Evangelist Chantal Nyamazaire, kuri iki cyumweru tariki ya 12/10/2025, mu nyigisho yabwirije, yavuze ku myitwarire igomba kuranga...

Read moreDetails

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

by Bahanda Bruce
October 9, 2025
0
Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira

Dr Sebitereko yavuze icyo Abanyamulenge bagomba guharanira Dr Lazare Sebitereko Rukundwa, umuyobozi mukuru w'ishuri rya kaminuza rya UEMI rifite icyicaro gikuru mu Minembwe, ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge...

Read moreDetails

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

by Bahanda Bruce
October 7, 2025
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya Amatorero abiri yapinganaga kuva mu myaka 40 ishyize, 8ème CEPAC na 37ème CADEC, yasabanye imbabazi mu Minembwe arababarirana,...

Read moreDetails
Next Post
Guverinoma ya Kenya, yafashye ingamba zikomeye zo kurwanya umwanda.

Guverinoma ya Kenya, yafashye ingamba zikomeye zo kurwanya umwanda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?