Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa zongeye gukubitwa inshuro, zikubiswe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 30, 2024
in Regional Politics
0
Umutwe wa M23 wa maganye ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, rya gabye ibitero biremereye mu baturage, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za perezida Félix Tshisekedi Tshilombo za kubiswe inshuro kuri uy’u wa Kaburi, tariki ya 30/04/2024 zikubiswe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (m23).

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Bikubiye mu butumwa bwa tanzwe n’umuvugizi wa m23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, aho yakoresheje urubuga rwa x, atangaza ko muri iki gitondo cyo kuri uy’u munsi, igihe c’isaha ya saa kumi nebyiri ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa zagabye ibitero mu baturage ariko ingabo za M23 zikaza kurwanirira abaturage bakoresheje ubuhanga bwa gisirikare.

Kanyuka yavuze ko kandi ibyo bitero byari byagabwe mu bice bya Karuba, Mushaki, Kagundu no mu nkengero zaho, ho muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo za RDC, zagabye ibitero mu turere dutuwe cyane, kandi ibi bitero by’ibasiriye abasivile cyane.”

Yakomeje avuga ko ingabo z’impinduramatwara zo mu mutwe wa ARC/M23 zakoze ibishoboka byose zirwana ku baturage n’ibyabo, ndetse agaragaza ko igisirikare cya leta ya Kinshasa cya neshejwe mu buryo bwose, haba mu rugamba no kurinda igihugu.

Ati: “Twabivuze inshuro nyinshi ko ingabo za RDC zananiwe gufasha abaturage ahubwo zihitamo kubateza akaga.”

Kanyuka yanashimangiye ko ingabo zabo zo zizakomeza kurinda abaturage n’ibyabo.

Muri iy’i mirwano yabaye kuri uyu wa Kabiri, M23 yongeye kwa mbura imbunda ziremereye n’ibindi bikoresho bya gisirikare, ibyambura ihuriro ry’Ingabo za guverinoma ya Kinshasa.

Ubundi kandi isubiza ibi bitero byose inyuma.

            MCN.
Tags: Ihuriro ry'Ingabo za RDCKivu YaruguruZikubiswe inshuroZikubiswe n'ingabo za M23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ese koko Karidinali Frodolin Ambongo ubucamanza bwa RDC buzabasha ku mukurikirana nk’uko leta ya Kinshasa ibyifuza? menya ukuri kwa byo.

Ese koko Karidinali Frodolin Ambongo ubucamanza bwa RDC buzabasha ku mukurikirana nk'uko leta ya Kinshasa ibyifuza? menya ukuri kwa byo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?