Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa zongeye gukubitwa inshuro, zikubiswe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 30, 2024
in Regional Politics
0
Umutwe wa M23 wa maganye ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, rya gabye ibitero biremereye mu baturage, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za perezida Félix Tshisekedi Tshilombo za kubiswe inshuro kuri uy’u wa Kaburi, tariki ya 30/04/2024 zikubiswe n’ingabo ziyobowe na Gen Sultan Makenga (m23).

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Bikubiye mu butumwa bwa tanzwe n’umuvugizi wa m23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka, aho yakoresheje urubuga rwa x, atangaza ko muri iki gitondo cyo kuri uy’u munsi, igihe c’isaha ya saa kumi nebyiri ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa zagabye ibitero mu baturage ariko ingabo za M23 zikaza kurwanirira abaturage bakoresheje ubuhanga bwa gisirikare.

Kanyuka yavuze ko kandi ibyo bitero byari byagabwe mu bice bya Karuba, Mushaki, Kagundu no mu nkengero zaho, ho muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo za RDC, zagabye ibitero mu turere dutuwe cyane, kandi ibi bitero by’ibasiriye abasivile cyane.”

Yakomeje avuga ko ingabo z’impinduramatwara zo mu mutwe wa ARC/M23 zakoze ibishoboka byose zirwana ku baturage n’ibyabo, ndetse agaragaza ko igisirikare cya leta ya Kinshasa cya neshejwe mu buryo bwose, haba mu rugamba no kurinda igihugu.

Ati: “Twabivuze inshuro nyinshi ko ingabo za RDC zananiwe gufasha abaturage ahubwo zihitamo kubateza akaga.”

Kanyuka yanashimangiye ko ingabo zabo zo zizakomeza kurinda abaturage n’ibyabo.

Muri iy’i mirwano yabaye kuri uyu wa Kabiri, M23 yongeye kwa mbura imbunda ziremereye n’ibindi bikoresho bya gisirikare, ibyambura ihuriro ry’Ingabo za guverinoma ya Kinshasa.

Ubundi kandi isubiza ibi bitero byose inyuma.

            MCN.
Tags: Ihuriro ry'Ingabo za RDCKivu YaruguruZikubiswe inshuroZikubiswe n'ingabo za M23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Ese koko Karidinali Frodolin Ambongo ubucamanza bwa RDC buzabasha ku mukurikirana nk’uko leta ya Kinshasa ibyifuza? menya ukuri kwa byo.

Ese koko Karidinali Frodolin Ambongo ubucamanza bwa RDC buzabasha ku mukurikirana nk'uko leta ya Kinshasa ibyifuza? menya ukuri kwa byo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?