Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yivuze ibigwi, avuga ibyo amaze gukora muri iki gihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 30, 2024
in World News
0
Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yivuze ibigwi, avuga ibyo amaze gukora muri iki gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yivuze ibigwi, avuga ibyo amaze gukora muri iki gihugu.

You might also like

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

Ni bikubiye mu gitabo ya muritse, icyo yise “Pour un Congo retrouve” yakigaragajemo ko haribyo yabashye kugeraho muri manda ye ya mbere; avuga kandi naho yifuza kuganisha igihugu.

Iki gitabo gifite paji 94, kikaba cyarashizwe hanze bwa mbere mu mpera z’u mwaka ushize, ariko umuhango wo ku kimurika wabaye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 29/04/2024, ubereye i Paris mu Bufaransa.

Muri ik’i gitabo perezida Félix Antoine Tshilombo, yagaragaje ko mu gihe Abanyekongo bazabasha gusoma iki gitabo buzabasha ku menya neza aho ahagaze mu bikorwa byo kuzamura igihugu.

Atangira agira ati: “Muri aya mapaji, uzasoma ibitekerezo, azamenya aho mpagaze, n’uko mbona ibintu bimwe na bimwe. Byose byashizwe ku mpampuro gusa si byo bishushanya uwo ndi we.”

Yongeyeho kandi ati: “Ndi umugabo uhagarara ku byo yemera, gusa nshobora no guhindura ibitekerezo.”

Avuga ko yaba imbere y’abajyanama be, abaminisitiri cyangwa abana be, hari ubwo ajya abona ko yibeshye ku myanzuro runaka yafashe. Avuga ko “yifuza ko Abanyekongo babona ibyo ari gukorera igihugu, aho kugira ngo bizabe nk’uko Thomas Sankara yavuye ku butegetsi igihugu kigasubira inyuma.”

Aha yagize ati: “Nkiri umwana narotaga ibintu bitatu. Kuba umukinnyi w’u mupira w’amaguru, umunyapolitiki cyangwa Umwalimu. Nabaye umukinnyi ariko mu batarabigize umwuga; icyizere Abanyakongo bangiriye cyanshize ku wundi mwanya, mba umunyapolitiki wo hejuru mu gihugu cyacu. Hasigaye gukabya inzozi zanjye zagatatu zo kuba Umwalimu.”

Yashimangiye ko kuba Umwalimu, umuntu aba ashaka kwigisha, kuyobora cyangwa se gukuza abantu mu buryo bumwe cyangwa ubundi. Ngo ibyo nibyo yagerageje muri manda ye ya mbere akanabikomeza mu ya kabiri.

Ibindi yashize muri iki gitabo harimo uburyo yageze ku butegetsi nyuma yigihe yarabaye mu buhungiro, ndetse avuga n’ibyo yagezeho muri manda ye ya mbere, agaragaza n’uko Congo yubu ifite isura itandukanye n’iyambere.

Yavuze kandi n’uko akina politiki zimbere mu gihugu na mpuzamahanga, harimo kandi n’uko yagiye ageza abaturage ku iterambere n’ibindi n’ibindi.

             MCN.
Tags: I Paris mu gihugu cy'u BufaransaIgitabo ya muritseTshisekediYivuze ibigwi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo.

COVID-19 yongeye kuvugwa cyane, menya ibyayo. Nyuma y'imyaka irenga itanu icyorezo cya COVID-19 kibayeho, cyongeye kuvugwa cyane kubera ubwoko bushya bw'iyi virusi bwamaze kugaragara mu bihugu byinshi birimo...

Read moreDetails

Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Ibitero by’u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego.

Ibitero by'u Burusiya kuri Ukraine byongeye gukaza umurego. Imirwano yakajije umurego mu bitero bikomeye biri kugabwa mu bice byinshi byo muri Ukraine, aho biri kugabwa n'igisirikare cy'u Burusiya....

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y’isi.

U Burusiya bwavuze ko ibihugu bishobora kwisanga mu ntambara ya gatatu y'isi. Ambasaderi w'u Burusiya mu Bwongereza yashinje iki gihugu kugira uruhare mu bitero bya dones Ukraine iherutse...

Read moreDetails

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye. Ubushuti bwari hagati ya Elon Musk na perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump bwarangiye nyuma y'aho uyu...

Read moreDetails

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Icyo isi itegereje nyuma y'ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w'u Burusiya. Perezida w'u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z'Amerika,...

Read moreDetails
Next Post
Imbunda iri mu zigezweho, ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryari ryibitseho ryayambuwe.

Imbunda iri mu zigezweho, ihuriro ry'Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, ryari ryibitseho ryayambuwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?