• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 10, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

minebwenews by minebwenews
June 6, 2025
in World News
0
Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.
71
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Icyo isi itegereje nyuma y’ikiganiro perezida wa Amerika yagiranye na mugenzi we w’u Burusiya.

Perezida w’u Burusiya Vradimir Putin yabwiye mugenzi we wa Leta Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, ko agiye kwihorera ku gitero cya cya Ukraine cy’amateka iheruka kugaba ku butaka bw’igihugu cye kikangiza byinshi birimo n’intwaro kirimbuzi.

READ ALSO

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

Bikubiye mu kiganiro uyu mukuru w’igihugu cy’u Burusiya yagiranye n’uwa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, ni ikiganiro amakuru agaragaza ko cy’amaze iminota 75, bivuze ko cyamaze isaha n’iminota cyumi nitanu.

Perezida wa Amerika warangije agira icyavuga kuri iki kiganiro yagiranye na perezida w’u Burusiya, yagaragaje ko Putin yamuhishuriye ko agomba kwihorera kuri iki gitero, kabone ngo nubwo baganiraga ku mahoro.
Trump yemeje ko nta cyemezo cyafashwe ku ihagarikwa ry’intambara muri Ukraine.

Ni mu gihe perezida wa Ukraine nawe, Volodymyr Zelensky yateye utwatsi ibyo yise “ultimatum” y’u Burusiya, asaba ihagarikwa ry’intambara ryihuse kandi ridafite ibyo risaba. Yanasabye abatera nkunga be kudacika intege imbere y’ibyago by’ihorera ry’u Burusiya.

Putin ashyira imbere kwihorera kubera igitero cya drones Ingabo za Ukraine zagabye ku butaka bw’igihugu cye cyiswe “operation spider’s web.” Bivugwa ko iki gitero Ukraine yagiteguye mu gihe cy’umwaka n’amezi atandatu, cyibasira ibirindiro bine by’indege za gisirikare z’u Burusiya. Kuko cyanashwanyaguje n’indege z’intambara 40.

Amashusho ya satellite yagaragaje indege za Tu-95 na Tu-22M zangiritse ku kibuga cya Belaya.

Putin yanavuganye na Papa Leo XIV, uyu muyobozi wa kiliziya gatolika amusaba ubushake bwo kugera ku mahoro.
Putin avuga ko yifuza amahoro binyuze mu biganiro, ariko ashinja Ukraine ibikorwa by’iterabwaba ku butaka bw’u Burusiya.

Trump uyu waganiriye na Putin, ubwo yarimo yiyamamaza ku mwanya w’u mukuru w’igihugu cya Amerika, hari aho yageze avuga ko we ashobora kurangiza intambara hagati ya Ukraine n’u Burusiya mu gihe cy’amazaha 24 gusa, ariko kugeza ubu nta cyemezo gifatika cyafashwe. Abatavuga rumwe na we bavuga ko uburyo bwe bwo kutamagana Putin bushobora gukomeza intambara.

Mu gihe bikiruko, isi yose itegereje igisubizo cy’u Burusiya, mu gihe impaka ku mahoro n’intambara zikomeje kwiyongera.

Tags: ikiganiroIntambaraPutinTrump

Related Posts

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira
World News

Perezida Trump yatangaje igihe yizeye ko intambara ya Amerika na Iran izarangirira

September 10, 2026
OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo
World News

OpenAI ivuga ko AI yakemuye ikibazo cy’imibare cyari kimaze imyaka 90 kibera abahanga urujijo

September 10, 2026
Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko
World News

Abanyamahanga bakora ubucuruzi buciriritse muri Kenya bajyanye Leta mu nkiko

September 9, 2026
U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza
World News

U Bwongereza na Israel mu ntambara ikomeye ya dipolomasi: Londoni yafashe ingamba kuri West Bank, Yeruzalemu isubiza ifunga Konsila y’u Bwongereza

September 9, 2026
Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye
World News

Intambara hagati ya Washington na Tehran yinjiye mu kindi cyiciro gikomeye

September 6, 2026
RDC–Israel: Perezida Herzog yasezeranyije gufasha Tshisekedi, mu Burasirazuba abaturage basaba ko ubufasha butazongera intambara
World News

RDC : Une décision majeure, l’ambassade en Israël sera transférée à Jérusalem

September 4, 2026
Next Post
Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Umuherwe Musk na perezida Trump bari inshuti ibyabo byakomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • AFC/M23 Yatangaje Umubare w’Abahitanywe n’Inkongi y’Umuriro i Bukavu n’Abakomeretse
  • Fizi sous haute tension : violents combats à Mulima et Nguli, Kananda au cœur des changements militaires
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?