Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Ihuriro ry’Ingabo rya RDC, riri guhunga amasigamana, rihungira muri Kivu y’Epfo, abandi n’abo bari kubirukaho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 2, 2024
in World News
1
Ihuriro ry’Ingabo rya RDC, riri guhunga amasigamana, rihungira muri Kivu y’Epfo, abandi n’abo bari kubirukaho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Aka kanya ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ziri kwiruka zihunga, aho ziri kugana i Kalehe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, zivuye mu bice byo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

You might also like

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Ni ay’amasaha rwongeye kwa mbikana, hagati y’ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa, n’igisirikare kiyobowe na General Sultan Makenga, nk’uko ay’amakuru amaze guhabwa ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, ayo dukesha abarwanyi ba M23 .

Ay’amakuru avuga ko imirwano yabereye neza Murambi no mu nkengero za centre ya Ngungu, muri teritware ya Masisi, ninyuma y’uko ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa ryari ryagabye ibitero ku ngabo za M23 ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kane, mu bice byari bigaruriye n’aba barwanyi ba M23 ku munsi w’ejo hashize.

Nyuma byaje gukomerera abarwana ku ruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, maze bayabangira ingata, abandi nabo babirukaho.

Minembwe Capital News yabwiwe ko kuri ubu, abarimo abasirikare ba FARDC, Ingabo z’u Burundi, abacanshuro, Wazalendo, FDLR na SADC bari guhungira mu misozi iherereye muri teritwari ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bavuye i Murambi no mu bice biherereye mu nkengero za Ngungu.

Ku rundi ruhande, haravugwa ko ingabo z’u ruhande rwa leta ya Kinshasa, ahanini Aburundi bapfiriye muri iyo mirwano, mu buryo budasanzwe, nk’uko birimo ku vugwa n’abarwanyi ba M23.

Ubuhamya bugira buti: “Aha i Murambi, haguye abasirikare ba FARDC benshi, ariko cyane turi gusanga ari Abarundi.”

Iy’i mirwano yongeye kongera gukara muri iki Cyumweru, ni mu gihe impande zombi zari zimaze hafi igihe kingana n’ibyumweru bibiri hasa nahatuje, n’ubwo hagaiye haba guhangana kutari kunini muri Kibirizi no mu nkengero zayo.

            MCN.
Tags: Abandi nabo babirukahoFardc yahunze
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

by Bruce Bahanda
July 25, 2025
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n'abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n'abandi bayobozi bakuru. Iyi guverinoma nshya...

Read moreDetails

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y’indege.

Mu Burusiya habereye impanuka ikomeye y'indege. Indege yari itwaye abagenzi yakoze impanuka ikomeye mu gihugu cy'u Burusiya, ihitana abantu 48. Amakuru avuga ko iyo ndege yavaga mu mujyi...

Read moreDetails

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
Perezida Trump yiswe umunyakinyoma.

Perezida Trump yiswe umunyakinyoma. Umuyobozi wo muri Leta ya Ethiopia yanyomoje perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, nyuma y'aho atangaje ko Amerika yateye inkunga umushinga wo...

Read moreDetails

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo.

Ibihugu bikomeye byahagurukiye Israel kubera intambara irimo. Ibihugu 25 byo ku isi, ahanini byo mu Burayi byahagurukiye gusaba Israel guhagarika intambara yashoye kuri Gaza. Bikubiye mu itangazo ibi...

Read moreDetails

Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Ibyatangajwe na perezida wa Ukraine biratanga icyizere cyo  kugera ku mahoro ya burundu muri iki gihugu.

Ukraine yagaragaje ko ishaka kongera kuganira n'u Burusiya. Leta ya Ukraine yatangaje ko ibiganiro hagati yayo n'u Burusiya ko ari yo nzira yonyine nziza ishobora kubaganisha ku mahoro...

Read moreDetails
Next Post
Igisirikare cy’u Bufaransa kigiye gutoza abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, barwanira mu mashyamba.

Igisirikare cy'u Bufaransa kigiye gutoza abasirikare ba Repubulika ya demokarasi ya Congo, barwanira mu mashyamba.

Comments 1

  1. Pingback: Masisi: Gen.Mutayombawa wa PARECO Yarasiwe mu Mirwano ari Kumwe n’Abamurinda – Rwanda Tribune

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?