• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, June 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

minebwenews by minebwenews
July 25, 2025
in World News
0
Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.
80
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Kagame yashyizeho abagize guverinoma nshya.

You might also like

Perezida Trump Yatangaje ko Amahoro Hagati ya Amerika na Iran Yegereje, Nubwo Tehran Igikemanga Amasezerano

Amerika na Iran Zegereje Intambara Yeruye: Ibitero Bishya Byakangaranije Isi, Umuhora wa Hormuz Ujya Mu Kaga

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho guverinoma nshya igizwe n’abaminisitiri 21, abanyamabanga ba Leta 10 n’abandi bayobozi bakuru.

Iyi guverinoma nshya yatangajwe ku mugoroba w’ahar’ejo tariki ya 24/07/2025, ariko nta mpinduka nyinshi zayigaragayemo.

Kuko abaminisitiri 21 bayijemo babiri gusa ni bo bashya, mu gihe abandi 19 bari bayisanzwemo.

Aba barimo Dominique Habimana wagizwe minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu asimbuye kuri izi nshingano Dr Mugenzi Patrice wari uzirimo kuva mu kwezi kwa cumi umwaka wa 2024.

Barimo kandi Dr. Bernadette Arakwiye wagizwe minisitiri w’ibidukikije asimbuye Dr.Uwamariya Valentine wari wahawe izi nshingano umwaka ushize.

Guverinoma nshya ikaba iyobowe na minisitiri w’intebe, Dr Nsengiyumva Justin, kandi irimo abanyamabanga ba Leta 10.

Aribo Dr. Telesphore Ndabamenye wagizwe Umunyamabanga wa Leta ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi na Jean de Dieu Uwihanganye wari umaze igihe ari Ambasaderi w’u Rwanda muri Singapore wagizwe Umunyamabanga wa Leta ushyinzwe ibikorwaremezo.

Umuyobozi mushya mubayobozi bakuru bashyizweho ni Nick Barigye wagizwe guverineri wa Bank nkuru y’igihugu (BNR) asimbuye Soraya Hakuziyaremye wari muri izi nshingano kuva mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka.

Tags: Guverinoma nshyaKagameRwanda
Share32Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Trump Yatangaje ko Amahoro Hagati ya Amerika na Iran Yegereje, Nubwo Tehran Igikemanga Amasezerano

by Bahanda Bruce
June 12, 2026
0
Perezida Trump Yatangaje ko Amahoro Hagati ya Amerika na Iran Yegereje, Nubwo Tehran Igikemanga Amasezerano

Perezida Trump Yatangaje ko Amahoro Hagati ya Amerika na Iran Yegereje, Nubwo Tehran Igikemanga Amasezerano Mu gihe amakimbirane hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Repubulika ya...

Read moreDetails

Amerika na Iran Zegereje Intambara Yeruye: Ibitero Bishya Byakangaranije Isi, Umuhora wa Hormuz Ujya Mu Kaga

by Bahanda Bruce
June 11, 2026
0
Amerika na Iran Zegereje Intambara Yeruye: Ibitero Bishya Byakangaranije Isi, Umuhora wa Hormuz Ujya Mu Kaga

Amerika na Iran Zegereje Intambara Yeruye: Ibitero Bishya Byakangaranije Isi, Umuhora wa Hormuz Ujya Mu Kaga Umwuka mubi hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran wongeye...

Read moreDetails

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC The International Criminal Court (ICC), headquartered in The Hague, Netherlands, is...

Read moreDetails

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC/CPI) rufite icyicaro i La Haye mu...

Read moreDetails

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati Umwuka wa politiki mpuzamahanga ukomeje kuzamo igitutu gikomeye hagati ya Leta Zunze Ubumwe...

Read moreDetails
Next Post
FARDC, Ingabo z’u Burundi na FDLR bazindutse bagaba ibitero mu Banyamulenge.

FARDC, Ingabo z'u Burundi na FDLR bazindutse bagaba ibitero mu Banyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?