Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hagaragajwe ibindi byimbitse ku myiteguro y’urugamba, igisikare cya leta ya Kinshasa kigezeho yogutegura guhashya M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 14, 2024
in Regional Politics
0
Hagaragajwe ibindi byimbitse ku myiteguro y’urugamba, igisikare cya leta ya Kinshasa kigezeho yogutegura guhashya M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), cyakiriye izindi ndege z’intambara zizagifasha guhangana n’abarwanyi ba M23 bagize igihe bakizengereje.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni drone zigera kuri zitatu, zikaba ari zo mu bwoko bwa CH-4, nk’uko iy’inkuru tuyikesha igitangaza makuru cya Africa intelligence.

Iki gitangaza makuru ki vuga ko igisirikare cy’iki gihugu cya RDC, giheruka kwakira izindi drone z’intambara zo mu bwoko bwizambere zarashwe n’abarwanyi ba M23, izi, zikaba zije kuziba icyuho cyizarashwe mbere.

Kinavuga ko mu minsi mike iri mbere izi ndege zitagira abapilote zigomba koherezwa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ahakomeje kubera urugamba ruhanganishije M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Drones zikorerwa mu gihugu cy’u Bushinwa si ubwambere zifashishwa muri iyi ntambara ihanganishije izi mpande zombi.

Kuko mu mpera z’u mwaka ushize iki gisirikare cya FARDC cyakiriye drones zirenga zibiri zo muri buriya bwoko. Ariko amakuru y’ukuri n’uko FARDC yazimaranye igihe kitarenze amezi atatu, ubundi M23 ihita izishwanyaguza. M23 yo ubwayo yemeje ko yahanuye zibiri indi yagatatu iza gukorera impanuka ku k’ibuga cy’indege cya Kavumu, muri Kivu y’Amajy’epfo.

Ku rundi ruhande hari amakuru avuga ko leta ya Kinshasa igejeje ibiganiro kure n’igihugu cya Africa y’Epfo, aho ishaka ko icyo gihugu kiyigurishaho mbunda zikomeye zirimo izi rasa kure zizafasha igisirikare cy’iki gihugu kumaraho M23 nk’uko ay’amakuru ava muri FARDC.

Ay’amakuru agahamya ko Kinshasa iri gushora muri iyi deal arenga miliyoni 500 z’amadolari y’Amerika.

            MCN.
Tags: CH-4DroneKurwanya M23RDC yaguze
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za SADC ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, gufasha igisirikare cy’iki gihugu ku rwanya M23, zataweho amagawa.

Ingabo za SADC ziri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, gufasha igisirikare cy'iki gihugu ku rwanya M23, zataweho amagawa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?