Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingaruka z’u bukene buri mu Burundi ahanini bwo gukena lisansi ziri kugira ingaruka ku Banya-uvira, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 14, 2024
in Regional Politics
0
Ingaruka z’u bukene buri mu Burundi ahanini bwo gukena lisansi ziri kugira ingaruka ku Banya-uvira, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturiye umujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo binubiye Abarundi baje gushakira lisansi muri ibyo bice ari benshi, bikaba byatumye igiciro cyayo kizamuka.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni byatangajwe na batwara ibinyabiziga bo mu mu mujyi wa Uvira, aho bavuga ko litilo imwe ya lisansi yavuye ku mafaranga 3,300 y’Amanyekongo ikagera ku 4,000 FRC.

Abashoferi bo muri Uvira basobanuye ko ibura rya lisansi mu gihugu cy’u Burundi ariyo ntandaro yatumye ibi biciro bya lisansi bizamuka ku kigero cyo hejuru, kandi ko atari lisansi yonyine yazamutse gusa ngo kuko n’ingendo z’i modoka zitwara abagenzi zazamuye ibiciro.

Nk’uko babisobanuye n’uko Abarundi bari kuza ari benshi kurangura lisansi muri Uvira barangiza bakayikorera bayijana i Bujumbura ku murwa mukuru w’u bukungu w’iki gihugu cy’u Burundi.

Abanyamakuru b’ijwi ry’Amerika bavuze ko bageze ku mupaka uhuza Congo n’u Burundi bahasanga imodoka zibarirwa mu magana zivuye i Bujumbura zije gushakira lisansi muri Uvira.

Hari kandi n’abacuruzi bikoreye amajerekani ku mitwe abandi bayatwaye
ku magare, bavuye Uvira berekeje i Bujumbura.

Kubera ibiciro bya lisansi biri kuzamuka cane muri Uvira byatumye n’i Baraka naho bizamuka, aho litilo imwe yavuye ku mafaranga 4,000 y’Amanyekongo ija kuri 5,000 naho imisisi litiro imwe igeze ku madolari abiri.

Ingendo hagati ya Baraka na Uvira nazo zazamuye ibiciro.

Nubwo biruko Abarundi n’Abanyekongo bacuruza lisansi ku mupaka w’u Burundi na Uvira bari gukuramo inyungu nyinshi.

Hagati aho ushinzwe peteroli muri Uvira, Ephrem Balagizi yabwiye itangaza makuru ko ikibazo cya Lisansi kitari muri Uvira gusa ngwa hubwo kiri ku Isi hose, kandi ahakana ko kitazamutse kubera kivanwa Uvira kikaja i Bujumbura.

         MCN.
Tags: BujumburaCyazamutseIgiciroLisansiUvira
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Menya umusirikare w’indwanyi, General Fred Ibingira, umwe mu ngabo z’u Rwanda wambaye ipeti ry’inyenyeri zine.

Menya umusirikare w'indwanyi, General Fred Ibingira, umwe mu ngabo z'u Rwanda wambaye ipeti ry'inyenyeri zine.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?