Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Tshisekedi witezwe mu Burasirazuba bwa RDC, ibimuzanye byamaze ku menyekana.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 15, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Tshisekedi witezwe mu Burasirazuba bwa RDC, ibimuzanye byamaze ku menyekana.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, ateganya kugera mu Ntara ya Ituri imaze igihe ikorerwamo ubwicanyi.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Ni uruzinduko bivugwa ko ruba kuri uyu wa Gatatu tariki ya 15/05/2024, nibwo perezida Félix Tshisekedi agera mu mujyi wa Bunia uzwi nku murwa mukuru w’i Ntara ya Ituri.

Ituri iherereye mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ikaba ihana imbibi n’igihugu cya Uganda na Sudan y’Epfo.

Iyi Ntara igize igihe yarayogojwe n’ubwicanyi bushingiye ku moko, by’umwihariko ubukorerwa Abanyakongo bo mu bwoko bw’Abahema.

Imitwe irimo CODECO, ADF n’indi iza kwisonga ku kwica abasivile muri iyi Natara.

Perezida Félix Tshisekedi utari ukunze gukorera ingendo zo muri iki gihugu imbere, amakuru avuga ko yahisemo gusura abo muri Ituri; mu rwego rwo guhamagarira imitwe y’itwaje imbunda ikorera muri ibyo bice kuyoboka inzira y’ibiganiro no gutanga amahoro.

Kimweho agiye muri Ituri mu gihe yari aheruka kwakira bamwe mu barwanyi ba CODECO, aho yabakiririye i Kinshasa, mbere y’uko yohereza minisitiri w’ingabo Jean Pierre Bemba kuganira n’iyimitwe y’inyeshamba ikorera ku butaka bwo muri iy’i Ntara ya Ituri.

Ku rundi ruhande andi makuru avuga ko Tshisekedi yaba agiye muri Ituri gusaba imitwe y’itwaje imbunda ku mufasha kurwanya M23. Ni mu gihe uyu mutwe umaze kwigarurira ibice byinshi byo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Mu kwezi kwa Mbere uy’u mwaka, umuhuza bikorwa wa AFC, Corneille Nangaa yatangaje ko ihuriro rye rifite gahunda yo kwigarurira iki gihugu harimo ko hazabanzwa gufatwa i ntara zigize iki gihugu.

      MCN.
Tags: Agace kaberamo ubwicanyiGusuraHemaIturiTshisekedi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
I Goma habaye imyigaragambyo ikaze yo kwa magana uguceceka kwa mahanga mu gihe ubwicanyi bukomeje gufata indi ntera muri RDC.

I Goma habaye imyigaragambyo ikaze yo kwa magana uguceceka kwa mahanga mu gihe ubwicanyi bukomeje gufata indi ntera muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?