• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Mpuruyaha y’amakuru arambuye, ku mirwano ikaze y’ugarije umujyi muto wa Kanyabayonga, wo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
June 1, 2024
in Regional Politics
0
Mpuruyaha y’amakuru arambuye, ku mirwano ikaze y’ugarije umujyi muto wa Kanyabayonga, wo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abaturage baturiye umujyi muto wa Kanyabayonga utari kure cyane n’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu Yaruguru, Goma, bari guhunga.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni nyuma y’urugamba rugize iminsi irenga itatu rubera mu nkengero ziyi centre ya Kanyabayonga, ho muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Mu makuru yatangajwe n’ibiro ntara makuru by’Abafaransa, AFP, aribyo dukesha iy’inkuru avuga ko byatangarijwe n’umutegetsi ukomeye mu ngabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo ababwira ko abarwanyi ba M23 basigaje gusa ibirometre 5 kugira ngo binjire mu mujyi rwagati wa Kanyabayonga.

Kandi asobanurira ibi biro ntara makuru by’Abafaransa ko ibyo biri mu byatumye ingabo zi rwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa zihunga uyu mujyi mu ijoro ryo ku wa Kane zihungira mu misozi iri hejuru yiyi centre ariko nyuma zikongera kuyigarukamo.

Ubwo yaganiraga n’abanyamakuru ba AFP yagize ati: “Ibintu bimeze nabi cyane muri Kanyabayonga.”

Undi muturage yabwiye AFP ati: “Muri centre ya Kanyabayonga nta musirikare wo ku ruhande rwa leta uyisigayemo, irahita ija mu maboko ya M23.”

Ibi biri mu byatumye abaturage bakomeza guhunga uyu mujyi muto wa Kanyabayonga, bari guhunga berekeza bamwe mu bice byafashwe na M23 abandi bari guhunga berekeza mu mashyamba ndetse na Goma.

Uyu mujyi muto wa Kanyabayonga ufatwa nk’u mujyi muto ukomeye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kandi ukaba wibitseho ubutunzi kamere.

Andi makuru n’uko Sosiyete sivile yo muri ibyo bice yemeje ko M23 yafashe ibindi bice birimo Kyaghala, n’utundi duce turi mu nkengero zayo.

Ibyo bibaye mu gihe imirwano kandi ikomeje gukaza umurego mu misozi y’unamiye centre ya Sake iri mu ntera y’ibirometre 27 uvuye ku murwa mukuru wa Kivu Yaruguru.

           MCN.
Tags: Iri kuberaKanyabayongaKumirwanoMpuruyaha y'amakuruUmujyi muto wingenzi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Urugamba rukaze ruramukiye mu marembo y’umujyi wa Kanyabayonga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Urugamba rukaze ruramukiye mu marembo y'umujyi wa Kanyabayonga, mu Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?