• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Minisitiri mushya w’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagize ibyo asezeranya Abanyakongo bagize igihe mu ntambara zurudaca.

minebwenews by minebwenews
June 3, 2024
in Regional Politics
0
Minisitiri mushya w’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagize ibyo asezeranya Abanyakongo bagize igihe mu ntambara zurudaca.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri mushya w’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, yagize ibyo asezeranya Abanyakongo bagize igihe mu ntambara zurudaca.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni bwana Hon Guy Kabombo wasezeranyije ko agiye kugarura amahoro n’umutekano mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Hari mu kiganiro yagiranye n’uwo yatsimbuye kuri uyu mwanya, Jean Pierre Bemba Gombo, bwana Guy Kabombo yavuze ko mu gihe yagizwe minisitiri w’u mutekano n’uw’ingabo z’iki gihugu cya RDC, ko azakora ibishoboka byose akagarura amahoro muri iki gihugu ahanini ngo mu Burasirazuba bwacyo, ahari kubera intarambara ihanganishije Ingabo za FARDC n’abarwanyi ba m23.

Nk’uko yabyivugiye ubwo yari imbere y’itangaza makuru i Kinshasa kuri uyu wo ku Cyumweru, yavuze ko mu minsi itarenze ijana azaba yamaze gukora impinduka.

Avuga ko muri iyi minsi ijana Abanyakongo bazaba batangiye kubona impinduka ku ntambara iri kubera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, kandi yizeza abaturage ko baza mushimira nyuma.

Yagize ati: “Ndabizeza neza ko mu minsi itarenze ijana Abanyakongo bazaba batangiye kubona impinduka. Muzanshimira kandi muzanyurwa nibyo nzaba nakoze.”

Iminsi irindwi irashize perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo akoze impinduka, aho yashizeho Guverinoma nshya igizwe n’abaminisitiri bagera kuri 52. Ibi yabikoze afatanije na minisitiri w’intebe w’iki gihugu.

Abenshi mu Banyekongo bavuga ko nta kintu gishya biteze kuri iyi leta nshya abandi n’abo bavuga ko ahari yagira icyo ihindura.

             MCN.
Tags: Abanyakongo bagize igihe mu ntambaraGuyMinisitiri w'ingabo za RDCYagize ibyo asezeranya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Intambara yongeye gukomera i Khartoum no mu bindi bice byo muri iki gihugu.

Intambara yongeye gukomera i Khartoum no mu bindi bice byo muri iki gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?