• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umukuru w’igihugu cya Malawi Lazarus Chakwera, yavuze ikimo gukorwa nyuma yaho indege yari twaye umwungirije n’abandi bategetsi, yaburiwe irengero.

minebwenews by minebwenews
June 11, 2024
in Regional Politics
0
Umukuru w’igihugu cya Malawi Lazarus Chakwera, yavuze ikimo gukorwa nyuma yaho indege yari twaye umwungirije n’abandi bategetsi, yaburiwe irengero.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Indege ya Gisirikare yarimo Visi Perezida wa Malawi yaburiwe irengero.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ibikubiye mu itangazo leta y’igihugu cya Malawi yashize hanze kuri uyu wa mbere rimenyesha ko indege ya Gisirikare yarimo Saulos Klaus Chilima ariwe visi perezida wa Malawi n’abandi bategetsi icyenda biki Gihugu yaburiwe irengero.

Itangazo rya leta rivuga ko iyi ndege ya hagurutse ku kibuga cy’indege cy’u murwa munkuru, Lilongwe, saa tatu n’iminota cumi n’irindwi z’igitondo. Ko kandi byari biteganijwe ko igera ku k’ibuga cy’indege cy’u murwa mukuru ugira uwa gatatu muri Malawi, isaha zine n’iminota ibiri z’igitondo.

Mu ijambo perezida wa Malawi, Lazarus Chakwera yatangaje abinyujije kuri televisiyo y’igihugu yagize ati: “Indege imaze kugera hejuru y’ikibuga cya Mzuzu , byanze ko yika hasi kubera ko umupilote atarimo abona neza aho yururukira, ikirere cyari kimeze nabi. Abashinzwe iby’indege baburiye umupilote gusubira i Lilongwe. Ubwo nibwo itumanaho ryahagaze hagati yabakurikirana urugendo rw’indege n’abari bayitwaye.”

Perezida kandi wa Malawi yavuze ko yatabaje ibihugu by’ibituranyi ndetse n’Amerika, u Bwongereza, Noruvege na Israel kugira ngo bifashe igihugu cye gushaka iyo ndege.

Visi perezida wa Malawi Saulos Klaus Chilima, w’imyaka 51 ni umwe mu biteguye kuziyamamariza umwanya w’umukuru wiki gihugu muri Malawi mu mwaka utaha.

Mu 2022, yatawe muri yombi ashinjwa kunyereza umutungo wa leta, ariko nyuma yaje kurekurwa agirwa umwere.

                     MCN.
Tags: Indege ya gisirikareMalawiVisi perezidaYaburiwe Irengero
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe andi makuru agaragaza uko byifashye i Kanyabayonga, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Havuzwe andi makuru agaragaza uko byifashye i Kanyabayonga, hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?