• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuhungu wa Perezida Joe Biden, urukiko rwa muhamije ibyaha birenga bibiri.

minebwenews by minebwenews
June 12, 2024
in Regional Politics
0
Umuhungu wa Perezida Joe Biden, urukiko rwa muhamije ibyaha birenga bibiri.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuhungu wa Perezida Joe Biden, urukiko rwa muhamije ibyaha birenga bibiri.

You might also like

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Ni Hunter Biden, umuhungu wa Perezida wa leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden wahamijwe n’urukiko ibyaha bitatu, bifitanye isano no kuba yarishe ibiwiriza ribuza uwabaswe n’ibiyobyabwenge kugura imbunda.

Bibaye ubwambere uwahafi mu muryango w’ukiri perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika ahamijwe ibyaha, kandi hari abasesenguzi bagaragaza ko nubwo icyaha ari gatozi, iki cyemezo kizagira ingaruka kuri perezida Biden ushaka kongera guharanira umwanya w’umukuru w’iki gihugu mu matora yo mu kwezi kwa Cumi n’abiri, uyu mwaka.

Iyi mbunda ya revolver Hunter Biden yayiguze mu iduka ryo mu gace ka Delaware mu 2018, ariko abeshya ko adakoresha ibiyobyabwenge, nyamara ngo yari akiri imbata ya Cocaïne.

Igitangaza makuru cya CNN cyatangaje ko ibyaha bibiri bifitanye isano no kuba yarabeshye ko atagikoresha ibiyobyabwenge, ikindi kikaba icyo gutunga imbunda mu gihe yakoreshaga umuti utemewe n’amategeko.

Hallie Biden wabaye umugore wa Hunter Biden, tariki ya 06/06/2024 yasobanuriye urukiko ko yigeze gusaka imodoka y’umugabo we mu 2018, asangamo Cocaïne n’iyi mbunda, ahitamo kubijugunya. Ni ubuhamya bwashimangiraga ko umuhungu wa Perezida Joe Biden yaba yarakoze ibi byaha.

Uyu mugore yagize ati: “Nk’uko nari nsanzwe mbigenza, mu 2018 nagiye mu mudoka ye, nyisangamo ibintu byinshi birimo ibisigazwa bya Cocaïne, ibyo kuyinyeshwa n’imbunda nayipfunyikanye ubwoba, nyishira mu ishashi, njya kuyijugunya.”

Mu bandi batanze ubuhamya muri uru rubanza harimo umukozi w’urwego rwa Amerika rushinzwe iperereza (FBI), Erika Jensen, watangije iperereza kuri Hunter mu 2018. Uyu yabwiye urukiko ko afite ibimenyetso birimo amafoto bigaragaza ko uregwa yakoreshaga ibiyobyabwenge bya Cocaïne mu gihe yaguraga imbunda.

Ababuranishaga uru rubanza bafashye icyemezo cyo kurusubika mbere y’uko batangaza ibihano by’u muhungu wa Perezida Joe Biden.

Ibyaha Hunter Biden yahamijwe bihanishwa igifungo kigera ku myaka 25 n’ihazabu ya 750.000$, icyakoze ashobora koroherezwa igihano bitewe n’uko ari ubwa mbere ahamijwe ibyaha n’inkiko.

Urukiko rwasobanuye kandi ko Hunter azafungwa nyuma y’iminsi 120 urubanza rwe ruciwe. Ni ukuvuga ko azajya muri gereza mu gihe hazaba habura iminsi mike ngo amatora y’umukuru w’igihugu abe.

                MCN.
Tags: Hunter BidenUrukikoYahamwe n'ibyaha bitatu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails
Next Post
Minisitiri w’intebe wa RDC  yashyizeho gahunda Guverinoma ye izagenderaho, harimo no kurangiza intambara mu Burasirazuba bw’i ki gihugu.

Minisitiri w'intebe wa RDC yashyizeho gahunda Guverinoma ye izagenderaho, harimo no kurangiza intambara mu Burasirazuba bw'i ki gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?