Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Minisitiri w’intebe wa RDC yashyizeho gahunda Guverinoma ye izagenderaho, harimo no kurangiza intambara mu Burasirazuba bw’i ki gihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 12, 2024
in Regional Politics
0
Minisitiri w’intebe wa RDC  yashyizeho gahunda Guverinoma ye izagenderaho, harimo no kurangiza intambara mu Burasirazuba bw’i ki gihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Minisitiri w’intebe wa Repubulika ya demokarasi ya Congo yashizeho gahunda yo kurangiza intambara mu Burasirazuba bw’i ki gihugu.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Nibyo Juduth Suminwa, minisitiri w’intebe wa RDC yavugiye mu muhango wo kwemeza Guverinoma nshya ya Kinshasa kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 11/06/2024, Suminwa yagaragaje ibizakorwa muri iyi myaka itanu azaba akuriye iyi leta.

Mu ijambo ry’uyu muyobozi, yavuze ibintu bitatu iyi Guverinoma izibandaho hagati ya 2024 na 2028.

Suminwa usanzwe ari inzobere mu bukungu, yavuze ko inkingi ya mbere ari uguhanga imirimo no kuzamura ubushobozi bw’ingo bwo guhaha ibizitunga muri ibi bihe by’izamuka ry’ibiciro rikomeye.

Yavuze ko ibi bigomba kugendana no gusaranganya ubukungu bw’igihugu mu buryo bukwiye kandi bungana hamwe n’icyerekezo kigari cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cya 2050 cyo kurandura ubukene.

Yagize ati: “Gusa, intambara zimitwe yitwaje intwaro zihora zigaruka zidindiza iterambere ry’ubukungu, hakiyongeraho ubukene, ubusumbane, n’ingaruka z’ihindagurika ry’ikirere bikomeza kudidinza abaturage.”

Yakomeje avuga ati: “Nk’uko mu bizi igihugu cyacu cyatewe nabo hanze bituma miliyoni z’abaturage bacu baba mu buhungiro, bugarijwe n’imirire mibi, inzara n’agahinda.”

Yavuze ko leta ye igomba kugira icyo ikora byihutirwa mu gufasha abaturage bari mu kaga mu Burasirazuba, no gukora ibishoboka mu guhagarika ibitero iki gihugu cyagabweho n’abohanze no kugarura amahoro.

Ati: “Niyo mpamvu inkingi ya kabiri y’iyi Guverinoma igendanye no kurinda ubusugire bw’igihugu no kurinda abaturage n’ibyabo.”

Yakomeje agira ati: “Ayo angana na 20% by’ingengo y’imari y’iyi gahunda ya leta nshyasha.”

Gusa ntiyavuze ko leta ye izongera imbaraga mu mirwano ihanganyemo n’umutwe wa M23, mu Burasirazuba bwa RDC.

Ati: “Tugiye gukora ibishoboka byose, tuyobowe na perezida Félix Tshisekedi, mu kugarura amahoro arambye mu Burasirazuba bw’igihugu cyacu.”

Inyaka irenga ibiri irashize intambara yubuye hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, uy’u mutwe ukaba umaze kwigarurira ibice byinshi byo muri teritware ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ubutegetsi bwa Kinshasa buvuga ko bwatewe n’igisirikare cy’u Rwanda biciye muri M23, ibyo u Rwanda ruhakana rw’ivuye inyuma, hubwo rukavuga ko ubutegetsi bwa Kinshasa bukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze genocide mu Rwanda mu 1994.

N’ubwo biruko hari ababona ko uyu mugore ashobora kuzana impinduka muri iki gihugu kimaze hafi imyaka 30 kiri mu ntambara. Tubibutsa ko Juduth Suminwa, minisitiri w’intebe wa RDC ari we wambere w’u mugore ukuriye leta mu mateka y’iki gihugu.

Leta ye igizwe ahanini n’abaminisitiri bo mu ihuriro rya union sacrée risanzwe ku butegetsi, bashingiye kuri ibi abasesenguzi bandi bavuga ko ntampinduka zitezwe kuri iyi leta nshya ku kibazo cya M23.

              MCN.
Tags: Gahunda nshya ya lete yeJuduth SuminwaMinisitiri w'intebe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Ubutegetsi bw’u Rwanda bushinja ishami ry’ita ku mpunzi, UNHCR, ku beshya, menya ibyimbitse.

Ubutegetsi bw'u Rwanda bushinja ishami ry'ita ku mpunzi, UNHCR, ku beshya, menya ibyimbitse.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?