• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, September 7, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo za Monusco zamenyeshe ibikomeye ziri gutoza igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
June 14, 2024
in Regional Politics
0
Ingabo za Monusco zamenyeshe ibikomeye ziri gutoza igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo za FARDC ziri gutozwa uburyo bwo kohereza abasirikare bayo ahantu hagoye kugera.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ingabo z’u muryango w’Abibumbye, Monusco, ziri gutoza igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, kohereza ingabo zayo ahantu hagoye kugera, nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bwa Monusco, mu Ntara ya Ituri.

Monusco ivuga ko aya mahugurwa iri kuyaha Ingabo za FARDC, kandi ko bayahabwa n’itsinda ry’Ingabo za Monusco zaturutse muri Guatemala na Bangladesh. Ndetse kandi ko aya mahugurwa yatangiye ku itariki ya 12/06/2024.

Nk’uko byasobanuwe n’uko aya mahugurwa azamara igihe kingana n’iminsi makumyabiri n’umwe, FARDC iri kuyigishwamo tekinike yo kurwana hifashishijwe Kajugujugu, ndetse kandi igatozwa no kurwanya igahashya imitwe y’itwaje imbunda ikorera mu mashyamba y’inzitane.

Igisirikare cya leta ya Kinshasa nacyo ubwacyo cyavuze ko aya mahugurwa ari gukorwa mu rwego rwo kwitegura ibikorwa bya gisirikare bihuriweho bya FARDC -MONUSCO bigamije kugarura amahoro arambye muri Ituri, imaze imyaka isaga 20 iri mu ntambara zurudaca.

Icyicaro cya mbere cy’amahugurwa kireba abasirikare ijana . Bahawe imyitozo yo koherezwa mu turere tw’imirwano hakoreshejwe Kajugujugu. Basimburana , bahagarara kuri Kajugujugu hanyuma bakamanuka ku butaka , bafite imbunda mu ntoki , bakoresheje imigozi.

Iyi myitozo ngwizafasha cyane Fardc kohereza ingabo ahantu hose hari hazwi ko hagoye, cyane cyane mu bice byo muri teritware za Djugu na Irumu, aho imitwe y’itwaje imbunda ikorera, ariko kandi bikajyana n’imiterere yaho igoye cyane nk’i misozi, ibihuru no mu mashyamba.

          MCN.
Tags: AhagoyeFardcGutozaIturiKajugujuguMonuscourugamba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Ku biro bikuru bya Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru hakorewe ibisa n’amayobera.

Ku biro bikuru bya Guverineri w'i Ntara ya Kivu y'Amajyaruguru hakorewe ibisa n'amayobera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?