Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Umushumba mukuru w’idini rya Katolika ku Isi, Papa Francis yagaragaje ko ababajwe n’u mutekano muke uri muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 16, 2024
in Religion
0
Umushumba mukuru w’idini rya Katolika ku Isi, Papa Francis yagaragaje ko ababajwe n’u mutekano muke uri muri RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umushumba mukuru w’idini rya Katolika ku Isi, Papa Francis yagaragaje ko ababajwe n’u mutekano muke uri muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Ni byo yagaragaje kuri iki Cyumweru, ubwo yafataga umwanya agasengera igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, ndetse akanasaba abategetsi b’iki gihugu gukora uko bashoboye bakarangiza intambara iri kubera mu Ntara ya Kivu Yaruguru na Kivu y’Epfo.

Nk’uko ibi byasobanuwe n’igitangaza makuru cya ijwi ry’Amerika, kivuga ko iryo sengesho uyu mushumba mukuru w’i dini rya Katolika, yarikoze ubwo yari mugisabisho cyiswe Anjerusi.

Muri iki gisabisho yasabiye amahoro ibihugu birimo Ukraine, Israel, Palestina, Sudan, Myanmar ariko by’u mwihariko avuga cyane Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Yagize ati: “Amakuru y’ubwicanyi bubabaje bubera mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, akomeza kutugeraho. Ndasaba abayobozi b’iki gihugu cya RDC gukora ibishoboka byose kugira urugomo ruri muri iki gihugu ruhagarare. Ndasabye kandi cyane ngo abasivile babone amahoro.”

Yakomeje avuga ko abantu bakomeje kwicwa mu ntambara zibera muri RDC ari ko nubwo bari gupfa ari abaziranenge.

Papa Francis yagize icyavuga ku mutekano wa RDC, nyuma y’uko kuri uyu wa Gatandatu w’ejo hashize, hapfuye abantu barindwi bishwe mu gihe barimo bahangana n’abashinzwe umutekano mu myigaragabyo.

Abakoze iyo myigaragabyo, bayikoreye mu mujyi wa Butembo, bayikoze bamagana ibitero bigize igihe bihitana abantu ibyo bivugwa ko bikorwa n’umutwe wa ADF usanzwe wiyitirira idini rya isilamu, kandi bivugwa ko ibyo bitero byahitanye abantu barenga ijana barimo abantu 40 bo bishwe muri iki Cyumweru dusoza mu masaha make ari mbere, harimo kandi n’abagera kuri 80 bishwe mu Cyumweru gishize aho biciwe mu gace kitwa Mayikengo.

           MCN...
Tags: AbabajweMu BurasirazubaPapa FrancisRdc
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Minisitiri w’Ingabo za RDC, yagize ikindi yizeza Abanyekongo ku kurangiza intambara ibera mu Burasirazuba bw’iki gihugu, ndetse yigamba kunesha.

Minisitiri w'Ingabo za RDC, yagize ikindi yizeza Abanyekongo ku kurangiza intambara ibera mu Burasirazuba bw'iki gihugu, ndetse yigamba kunesha.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?