Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo Ingabo za FARDC ziri gukora biteye isoni, nyuma yuko zari zimaze kugera ku Ndondo ya Bijombo, ari ninshi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 22, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo Ingabo za FARDC ziri gukora biteye isoni, nyuma yuko zari zimaze kugera ku Ndondo ya Bijombo, ari ninshi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo Ingabo za FARDC ziri gukora biteye isoni, nyuma yuko zari zimaze kugera ku Ndondo ya Bijombo, ari ninshi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ahagana isaha z’urukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 22/06/2024, nibwo abasirikare benshi ba Repubulika ya demokarasi ya Congo bo muri brigade ya 21 bageze mu bice by’i Ndondo ya Bijombo, aho bageze bavuye Uvira ari benshi, babarirwa ku bihumbi bine birenga.

Amakuru y’ibanze dukesha abaturiye ibyo bice, avuga ko iz’i ngabo nyuma yuko zari zimaze kugera ku Ndondo, zahise zija gukambika ahari ikambi y’igisikare, iri ahitwa ku Wumugeti, haherereye mu birometero nka 5 uvuye muri Centre ya Bijombo.

Nk’uko byasobanuwe nuko aba basirikare ubwo bari bamaze kugera muri ibi bice, bahise batangira gukora ubujura.

Amakuru avuga ko bahise birara mu mirima y’abaturage b’Abanyamulenge batangira gusahura no kwangiriza zimwe mu nzitiro zisanzwe zizitirirwa iy’imirima kugira ngo ntiyonwe n’amatungo.

Imwe mu mirima yibwemo, ndetse inzitiro zayo zirononwa, iherereye mu duce two kwa Sizere, ku Wikibogeri, kuri Cyamakara no kwa Musabwa.

Ibi bice byose bikaba biherereye ku Wumugeti.

Gusa bivugwa ko aba basirikare batazatura muri ibi bice, kwa hubwo bazerekeza mu Minembwe ho muri teritware ya Fizi, ndetse bamwe bakaba bahise bakomerezaho baja mu Bijombo, ni mu gihe abari basanzwe bakorera mu Bijombo bamwe muribo bamanutse Uvira abandi berekeza mu Minembwe aho bazakomeza baja i Lulimba abari Lulimba akabaribo bivugwa ko bazaza gukorera mu Bijombo.

Sibyo byonyine bivugwa kuko biravugwa kandi ko abasirikare bo muri brigade ya 12 bari mu Minembwe, nabo bari ku manuka aho byemezwa n’abasirikare ko bo, bazaja guhangana na M23 mu bice byo muri Minova, muri teritware ya Kalehe. Mu gihe aba bageze ku Ndondo ya Bijombo bivugwa ko baje kurwanya Twirwaneho iyobowe na Colonel Rukunda Michel Makanika.

Ibyo bibaye mu gihe ku misozi miremire y’Imulenge hari agahenge ka mahoro, nyuma y’intambara zayogoje aka karere, mu bihe bishize.

                MCN.
Tags: BenshiFardcGusahuraImirimaInzitiroKu Ndondo ya Bijombo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ibyo wa menya ku munsi wa mbere wabaye wo kwiyamamaza kwa Paul Kagame, umukandida uva mu ishyaka rya RPF Inkotanyi.

Ibyo wa menya ku munsi wa mbere wabaye wo kwiyamamaza kwa Paul Kagame, umukandida uva mu ishyaka rya RPF Inkotanyi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?