• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yanenze abuvuga ko iki gihugu ko kirimo ubukene.

minebwenews by minebwenews
July 1, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yanenze abuvuga ko iki gihugu ko kirimo ubukene.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko nta bukene buri mu gihugu cye.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umukuru w’igihugu, Evariste Ndayishimiye yemeje ko igihugu cy’u Burundi kidakenye ngo kuko gifite umutahe kamere umuntu yaheraho akagira icyakora, ati: “ushobora guhera ku butaka buhingwa, amazi n’ibindi, mu gihe wabikoze neza, ku iteza imbere bizakorohera, kandi ko usanga ntacyo wahombye.”

Evariste Ndayishimiye yavuze ibi ubwo iki gihugu cyari mu muhango wo kw’izihiza ku nshuro ya 62 umunsi w’u bwingenge.

Mu ijambo rye yagize ati: “Mbabazwa n’abantu bacafuza igihugu cyacu. Iyo bavuga ko igihugu gikenye mu gihe umwero wo uri k’urugero rushimishije birambabaza cyane. Ntanzara iri ku butaka bw’u Burundi. Iki gihugu kiratunze.”

Evariste Ndayishimiye, yasobanuriye imbaga y’Abarundi benshi bari bitabye kuri uyu munsi mukuru iki gihugu cyaboneyeho ubwigenge, avuga ko n’ubwo hari abatarahishurirwa ubutunzi buri ku butaka bw’u Burundi ariko ko hari abamaze gufunguka amaso kandi ko babona ibyiza byinshi n’ubutunzi iki gihugu gitunze aho yaje no kubashimira kuba barahawe umugisha wo kumenya ibyo.

Ati: “Sinahwema gushimira Abarundi binshabwenge, abakuriweho agatambaro bamenya aho ubutunzi bw’igihugu buri. Bamwe bagiye mu buhinzi abandi mu bworozi, nizera neza ko abakora ibyo neza, kubera igihugu cyacu gitunze bamaze kubona ubutunzi bw’iki gihugu. Gusa, ibinebwe byo bizahora mu gutuka ibyo batazi.”

Ibi abivuze mu gihe amashirahamwe yo muri iki gihugu atandukanye n’Abarundi benshi bikorera ku giti cyabo, bagize igihe bivovotera ingoma ya perezida Evariste Ndayishimiye. Ahanini bayinenga ko ‘ubushomeri bwarushijeho gukaza umurego ku rubyiruko rwinshi, lisansi (igitoro) igize igihe yarabuze n’ibindi bibazo byinshi birimo inzara, ndetse ahandi usanga Abarundi benshi bararwaye amavunja kubera ubukene bwinshi.

Ndayishimiye yasoje asaba Abarundi gukorera hamwe kugira ngo barushyeho kwiteza imbere, ndetse kandi abibutsa kwitegurira amatora yo mu mwaka w’ 2025.

         MCN.
Tags: Evariste NdayishimiyeYavuze ko u Burundi butunze
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Wazalendo mu burakari bw’uko M23 ikomeje kubarusha imbaraga ku kigero kiri hejuru cyane, batwitse imodoka zitanu z’amashirahamwe.

Wazalendo mu burakari bw'uko M23 ikomeje kubarusha imbaraga ku kigero kiri hejuru cyane, batwitse imodoka zitanu z'amashirahamwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?