Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Bidasanzwe abategetsi ba leta ya Kigali bakomakomeye n’ab’u Burundi, bahuriye mu birwa bya Zanzibar bagira ibyo baganiraho.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 7, 2024
in Regional Politics
0
Bidasanzwe abategetsi ba leta ya Kigali bakomakomeye n’ab’u Burundi, bahuriye mu birwa bya Zanzibar bagira ibyo baganiraho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Bidasanzwe abategetsi ba leta ya Kigali bakomakomeye n’ab’u Burundi bahuriye mu birwa bya Zanzibar.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ni ahagana ku wa Gatandatu tariki ya 06/07/2024, minisitiri w’ubanye n’amahanga w’u Rwanda, Olivier Duhungirehe ari kumwe na n’umunyamabanga wa leta muri Minisiteri y’ubanye n’amahanga, Gen James Kabarebe, bagiranye ibiganiro na minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Burundi, Albert Shingiro, bimara iminsi itatu aho bareberaga hamwe umubano w’ibihugu byombi.

Nk’uko bivugwa ibiganiro byaba bayobozi bohejuru mu bihugu byabo, byabereye mu birwa bya Zanzibar, ahari kubera umwiherero w’iminsi itatu wa ba minisitiri b’ubanyi n’amahanga bo mu bihugu bigize umuryango wa Afrika y’i Burasirazuba (EAC).

Ibyari ku meza y’ibiganiro byaba bayobozi b’u Burundi n’u Rwanda, bareberaga hamwe umubano w’ibihugu byombi.

Nduhungirehe akoresheje urubuga rwa x, yavuze ko “iyi niyo gahunda, reka dukemure ibibazo dufitanye mu buryo bwihuse kandi bwemeweranijweho n’impande zombi.”

Ubu butumwa bwari buherekeje ifoto ye na Gen Kabarebe baganira na minisitiri w’ubabanye n’amahanga w’u Burundi, Albert Shingiro.

Mu butumwa minisitiri Albert Shingiro we yashize hanze, akoresheje x, yavuze ko “dipolomasi ari imbaraga zidasanzwe mu gukemura ibibazo na makimbirane aba ari hagati ya ma leta.”

Umubano w’u Rwanda n’u Burundi wari umaze umwaka utangiye kuzahuka wongeye kuzamba mu mpera z’u mwaka ushize, bitewe n’ibibazo bya politiki biri hagati y’ibihugu byombi.

Mu kwezi kwa Cumi n’abiri u Burundi bwashinje u Rwanda gushyigikira umutwe wa Red Tabara urwanya ubutegetsi bwabwo, nyuma y’ibitero bibiri byagabwe mu bice bitandukanye by’iki gihugu cy’u Burundi.

Ibi byaviriyemo ko leta y’u Burundi ifunga umupaka ubuhuza n’u Rwanda.

Icyemezo u Rwanda rwamaganiye kure , ndetse ruhakana ruvuga ko nta mutwe uwari wo wose rushobora gushigikira.

Hagati aho Albert Shingiro yari aherutse guha itangaza makuru ikiganiro avuga ko u Burundi butazigera bufungura imipaka ibuhuza n’u Rwanda mu gihe ngo iki gihugu kitarabashyikiriza abantu babo bagerageje guhirika ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza, mu 2015.

            MCN.
Tags: Abategetsi b'u Burundi n'u RwandaZanzibar
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Bamwe mu Barundi bavuga rikijana, basabye perezida Evariste Ndayishimiye w’iki gihugu kwegura.

Bamwe mu Barundi bavuga rikijana, basabye perezida Evariste Ndayishimiye w'iki gihugu kwegura.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?