Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Buhinde bubabajwe n’imfu z’abana bagwa mu ntambara hagati y’u Burusiya na Ukraine.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 10, 2024
in Regional Politics
0
U Buhinde bubabajwe n’imfu z’abana bagwa mu ntambara hagati y’u Burusiya na Ukraine.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Buhinde bubabajwe n’imfu z’abana bagwa mu ntambara hagati y’u Burusiya na Ukraine.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni bikubiye mu ijambo minisitiri w’intebe w’u Buhinde, Naredra Modi yabwiye perezida Vradimir Putin w’u Burusiya ubwo bagiranaga ikiganiro nyuma y’uko amwambitse umudari mutagatifu kuri uyu wa Kabiri tariki ya 09/07/2024, kandi avuga ko igisubizo cy’intambara hagati y’u Burusiya na Ukraine kidashobora gutanga amahoro.

Ibiganiro bya huje perezida w’u Burusiya na minisitiri w’intebe w’u Buhinde Naredra Modi byabereye muri perezidansi y’u Burusiya, nk’uko iy’inkuru tuyikesha AFP ibiro ntara makuru by’Abafaransa.

Nk’uko ibivuga n’uko aba bayobozi bombi bagiranye n’ibiganiro bigamije gutsura umubano w’ibihugu byabo kandi ukaba unahahora kuva mu myaka myinshi ishize.

Amagambo ya minisitiri w’intebe w’u Buhinde yaje nyuma y’uko ivuriro ry’abana riri i Kyiv mu murwa mukuru wa Ukraine rirashweho igisasu cya Misile. U Burusiya bwavuze ko ingabo zabwo atari zo zarashe iki gisasu . Indi mijyi inyuranye yo muri Ukraine na yo yaguweho n’ibisasu, bihitana abantu 31.

Modi yavuze ko u Buhinde bwiteguye gufatanya mu buryo ubwo aribwo bwose kugarura amahoro mu karere ariko yongeraho ko mu ibiganiro by’amahoro bidakunda iyo hakiri za bombe n’amasasu biturika hirya no hino.

Bwari ubwa mbere minisitiri w’intebe w’u Buhinde agiriye uruzinduko i Moscow mu myaka itanu ishize n’ubwo kuva mu mwaka w’ 2000 ibihugu byombi byagiranaga inama ngaruka mwaka uretse mu mwaka w’ 2021.

Amashusho yerekanywe mu itangazamakuru y’abategetsi bombi yabagaragaza bahoberana bajyanye mu mudoka imwe mbere y’uko baganirira ku ifunguro rya nimugoroba basangiye. Mu biganiro bagiranye, Putin yise mugenzi we Modi, ‘inshuti ikomeye’ mu gihe Modi yise u Burusiya inshuti yizewe kandi y’ibihe byose.

Gusa, uru ruzinduko rwanenzwe na perezida Volodymir Zelnsky mu minsi ibiri ishize, mbere y’uko rukorwa.

               MCN.
Tags: ModiU BuhindeVladimir Putin
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Inkongi y’umuriro yangirije byinshi inica n’abantu i Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Inkongi y'umuriro yangirije byinshi inica n'abantu i Bukavu mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?