• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye amakuru y’ukuri y’Umzalendo ukomeye wapfuye aguye mu mirwano.

minebwenews by minebwenews
July 14, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye amakuru y’ukuri y’Umzalendo ukomeye wapfuye aguye mu mirwano.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye amakuru y’ukuri y’Umzalendo ukomeye wapfuye aguye mu mirwano.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni uwitwa Colonel Jackson Fungunyuka wo mu mutwe wa Wazalendo, niwe waguye mu mirwano ihanganishije ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa n’umutwe wa M23. Akaba yarapfuye ku wa Kane tariki ya 11/07/2024, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Rugikubita, amakuru yaje avuga ko Umzalendo ukomeye wapfuye ari uwitwa Gen Kasiano Kasereka, uzwi cyane ku izina rya Kabido, ndetse ku mbuga nkoranya mbaga ay’amakuru yakomeje ku hacicibikana, kugeza naho bakomeje kwerekana amashusho, bagasobanura ko uwapfuye ari Gen Kabido, ariko siwe.

Ay’amasoko yacu dukesha iy’inkuru yo avuga ko Umzalendo ukomeye wapfuye ari uwitwa Col Jackson, kandi ko yaguye muri ‘ambush,’ nyuma gato y’imirwano ikaze yabaye ku gicamunsi cyo ku wa Kane.

Ay’amasoko yacu anavuga ko ahitwa Kyahanda ho muri Localité ya Kikubo, muri teritware ya Lubero, kwariho uwo Mzalendo yarasiwe anaharangiriza ubuzima bwe bwo ku Isi.

Col Jackson, ni umwe mu barwanyi batangije umutwe wa FPP, umutwe waje kwiyunga muri leta ya Kinshasa mu mpera z’u mwaka ushize. Ahanini abarwanyi bagize uwo mutwe bavuka muri teritware ya Nyiragongo.

Kuri ubu uyu mutwe ubarizwa mu cyiswe Wazalendo, izwiho gukorana n’Interahamwe n’igisirikare cya FARDC mu kurwanya M23.

Ikindi uyu murwanyi wamaze kuva mu Isi y’abazima, n’uko yari yararahiriye kuzarambika imbunda hasi nta mututsi ukibarizwa ku butaka bwa Repubulika ya ya Congo, nk’uko yagiye abyigamba mu bihe bitandukanye.

         MCN.
Tags: Amakuru yukuriCol Jacksonyapfuye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Havuzwe intambara ikomeye hagati ya M23 n’abarwana ku ruhande rwa leta ya RDC, muri teritware ya Rutshuru.

M23 n'ihuriro ry'Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa bazindukiye mu rugamba rukomeye mu bice byo muri Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?