• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abarimo abasirikare 9 n’abasivili benshi, baguye mu ntambara za moko muri Repubulika ya demokoarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
July 16, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye amakuru y’ukuri y’Umzalendo ukomeye wapfuye aguye mu mirwano.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abarimo abasirikare 9 n’abasivili benshi, baguye mu ntambara za moko muri Repubulika ya demokoarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Inzego z’ubutegetsi muri Repubulika ya demokarasi ya Congo zatangaje ko abantu 70 barimo abasirikare 9 baguye mu gitero abantu bitwaje imbunda bagabye mu bice biherereye mu Burengerazuba bw’iki gihugu.

Agace kagabwemo igitero kitwa Kinsele, kari mu birometro 100 uvuye ku murwa mukuru wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (Kinshasa). Ayamakuru avuga ko umutwe w’inyeshamba wagabye iki gitero ari uwa Mobondo.

Nk’uko bivugwa icyo gitero cyagabwe ku wa Gatandatu wakiriya Cyumweru gishize.

Abarwanyi bagabye iki gitero bo mu mutwe wa Mobondo bavuga ko baharanira uburenganzira bwabo bw’aba Yaka.

Umuyobozi wungurije wa teritwari ya Kwamauth, David Bisaka, yabwiye ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press, ko hamaze kuboneka imirambo y’abantu 72 baguye muri icyo gitero.

Intambara hagati ya moko y’Abayaka na Teke yavutse mu myaka yo hambere ariko biza gufata indi ntera mu 2022.

Ubwoko bw’aba Teke bwiyita kavukire mu gihe bubona nk’abimukira abamoko yandi, ahanini abo mu b’a Yaka baje gutura hafi y’uruzi rwa Congo mu myaka yo hambere.

Gusa mu kwezi Kane uyu mwaka hari hasinywe amasezerano yo guhuza impande zombi ndetse na perezida Tshilombo ahari, imvururu zikaba zongeye gukara, n’ingabo za RDC zoherejweyo kubihoshya zarananiwe.

Kinsere iri muri teritwari ya Kwamauth. Mu myaka ibiri ishize imvururu zariyongereye zihitana abasivile babarirwa mu magana.

Izi mvururu ziraba mu Burengerazuba bw’iki gihugu mu gihe no mu Burasirazuba bwacyo Ingabo za FARDC nabazishyigukiye zihanganye n’umutwe wa m23. Aka karere ko mu Burasirazuba bw’iki gihugu, kabarirwamo imitwe y’abarwanyi 120. Buri umwe urashaka amabuye y’agaciro n’indi mitungo kamere iharangwa.

         MCN.
Tags: Aba YakaImvururuKwamauthTeke
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Inzara iravuza ubuhuha mu magereza amwe yo mu gihugu cy’u Burundi.

Inzara iravuza ubuhuha mu magereza amwe yo mu gihugu cy'u Burundi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?