• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ibyo gucukura amabuye y’agaciro muri Kivu y’Amajy’epfo, byahagaritswe, menya impamvu.

minebwenews by minebwenews
July 19, 2024
in Regional Politics
0
Ibyo gucukura amabuye y’agaciro muri Kivu y’Amajy’epfo, byahagaritswe, menya impamvu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibyo gucukura amabuye y’agaciro muri Kivu y’Amajy’epfo, byahagaritswe, menya impamvu.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni bikubiye mu itangazo ubutegetsi bw’i ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bwashize ahagaragara kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19/07/2024.

Itangazo rya Guverineri mushya muri iyi Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ritangira rivuga riti: “Bamwe mu bakozi ba leta bakorera mubyo gucukura amabuye y’agaciro, ntibagishoboye kuzuza inshingano zabo kubera akajagari gaterwa n’abacukura amabuye y’agaciro.”

Iri tangazo rikomeza rivuga ko “ibyo kongera gucukura aya mabuye y’agaciro, muza bimenyeshwa hanyuma.”

Kuri ubu Intara ya Kivu y’Amajy’epfo ifite Guverineri mushya, ariwe Jean-Jaques Perusi, yatangiye izi nshingano, mu kwezi kwa Gatandatu mu ntangiriro zako uyu mwaka w’ 2024. Yifuza ko ibyo gucukura amabuye y’agaciro byakorwa mu buryo bunoze kandi bwiza, nk’uko ibyo byatangajwe n’umwe mu bayobozi bahora hafi ye, ndetse anavuga ko iyi Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo ishaka umusaruro uhagije mu bya mabuye y’agaciro.

Amasosiyete yose n’amakoperative yose yacukuraga amabuye y’agaciro muri ibyo bice, yategetswe ko mu masaha atarenze 72 kuba yamaze kuva mu bice yakoreragamo.

Intara ya Kivu y’Amajy’epfo, iza mu Ntara za RDC za mbere zifite amabuye y’agaciro, ari ku rwego ruhenze cyane, kuko harimo aya or, cassitérite, kolutani n’ibindi. Menshi muri aya masosiyete acukura amabuye y’agaciro muri iyi Ntara afite uburenganzira bwa leta, ariko abayashoramo imitahe bava mu bihugu byo hanze, ahanini mu Bushinwa.

             MCN.
Tags: Amabuye y'AgaciroIntara ya Kivu y'Amajy'epfoRdc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
William Ruto, perezida wa Kenya yakoze impinduka muri iki gihugu.

William Ruto, perezida wa Kenya yakoze impinduka muri iki gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?