Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Muri Beni biyemeje ku rwana n’umutwe wa M23 ugize igihe warahubuye ubutegetsi bwa Kinshasa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 21, 2024
in Regional Politics
0
Muri Beni biyemeje ku rwana n’umutwe wa M23 ugize igihe warahubuye ubutegetsi bwa Kinshasa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Muri Beni biyemeje ku rwana n’umutwe wa M23 ugize igihe warahubuye ubutegetsi bwa Kinshasa.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amakuru ava i Beni ho mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, avuga ko urubyiruko rwaho ko rwahagurukiye rimwe kuja ku rwanya umutwe wa M23 urwanira ukubaho kwabo.

Uru rubyiruko rwiyemeje kwerekera ku mirongo y’urugamba guhangana n’uyu mutwe wa M23 ukomeje kwigarurira ibice byinshi byo muri Kivu y’Amajyaruguru.

Kuva ku wa Gatanu, urubyiruko rugera ku magana ruri muri Stade yo mu gace ka Ngolio i Beni aho rutegereje imyitozo ya gisirikare.

Ruvuga ko rwahisemo gukambika muri iyi Stade kugira ngo ingabo zifate icyemezo cyo kubategura ngo binjire mu rugamba rwo kurengera umujyi wa Beni uhanzwe amaso na M23.

Umwe muri urwo rubyiruko yabwiye itangaza makuru ryo muri ibyo bice ati: “Turi hano kuva ku wa Gatanu, dutegereje imyitozo ya gisirikare yihuse.”

Uru rubyiruko ruvuga ko rutazarwanya umutwe wa M23 gusa kuko barambiwe n’ubwicanyi ADF ikorera abaturage baturiye ibyo bice.

Ku wa Gatanu ubwo Gen Ychaligonza Jaques, umuyobozi w’ungirije umugaba w’ingabo z’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yahuraga n’uru rubyiruko yavuze ko rufite inyota yo gukorera munsi y’ibendera rya RDC.

Yagize ati: “Ariko amahame y’ibi, bagomba guhugurwa gato.”

Ibikorwa bya Guverinoma ya Kinshasa byo gukangurira urubyiruko kwishora mu mirwano n’umutwe wa M23 birakomeje mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru mu bice bitarajya mu biganza by’uyu mutwe M23.

            MCN.
Tags: BeniGuhangana na M23Rwiyemeje kwerekera ku mirongo y'urugambaUruby'iruko
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Umugoroba ukomeye, Perezida Joe Biden yikuye mubari guhatana kuzayobora leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Umugoroba ukomeye, Perezida Joe Biden yikuye mubari guhatana kuzayobora leta Zunze ubumwe z'Amerika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?