Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Yoweli Kaguta Museveni yaburiye abashaka gukora imyigaragambyo mu gihugu cye ababwira ko bakina n’umuriro.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 22, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Yoweli Kaguta Museveni yaburiye abashaka gukora imyigaragambyo mu gihugu cye ababwira ko bakina n’umuriro.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Yoweli Kaguta Museveni yaburiye abashaka gukora imyigaragambyo mu gihugu cye ababwira ko bakina n’umuriro.

You might also like

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Ahagana ku wa Kabiri, bamwe mu rubyiruko rw’Abanya-uganda bateguye gukora imyigaragambyo yamagana ruswa n’ubutegetsi bwa perezida Yoweli Kaguta Museveni, nk’uko byagiye bitangazwa ku mbuga nkoranya mbaga.

Ibi rero nibyo perezida Yoweli Kaguta Museveni yamaganye kuri televisiyo y’igihugu y’iki gihugu, avuga ko abari gutegura uwo mu gambi bari gukina n’umuriro, kandi avuga ko urwo rubyiruko ruri gushukwa.

Yagize ati: “Turahuze dushaka ubukire naho mwe muri guhabwa ibiryo biciriritse, ahandi ku Isi bari kurwana n’ubuzima abandi bo barataka inzara, naho mwe murashaka kuturangaza. Murakina n’umuriro.”

Yakomeje agira ati: “Ntabwo tuzabemerera muturangaza.”

Perezida Yoweli Kaguta Museveni arashinja abateguye imyigaragambyo gushukwa n’amahanga mu gushaka guteza imvururu muri Uganda.

Polisi ya Uganda yatangaje ko idashobora kwemerera uru rubyiruko rwirara mu mihanda ngo rwigaragambye.

Ugutegura imyigaragambyo mu gihugu cya Uganda byafashwe nko gusa kwigana n’ibiri kubera mu gihugu cya Kenya aho urubyiruko rwoho rugize igihe rukora imyigaragambyo rugasaba ko perezida William Ruto yegura.

Iyi myigaragabyo yo mu gihugu cya Kenya ikaba imaze kugwamo abantu babarirwa muri 50 ndetse bashobora kurenga.

          MCN.
Tags: Ababwira ko bakina n'umuriroPerezida MuseveniYaburiye abashaka gukora imyigaragambyo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

by Bruce Bahanda
July 29, 2025
0
Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi.

Menya impamvu umujyi wa Nairobi ugiye kuba umwe mijyi ikomeye ku isi. Umurwa mukuru w'igihugu cya Kenya ari wo Nairobi, ugiye kuba umujyi wa kane ukoreramo ibiro byinshi...

Read moreDetails

Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

by Bruce Bahanda
July 28, 2025
0
Mutualite y’Abanyamulenge i Burundi yavuze iby’uko ibayeho muri iki gihugu.

Mutualite y'Abanyamulenge i Burundi yavuze iby'uko ibayeho muri iki gihugu. Mutualite Shikama i Burundi y'Abanyamulenge yatangaje ko ibayeho neza mu gihugu cy'u Burundi, ndetse ishimangira ko nta kibazo...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails
Next Post
U Burusiya bwagaragaje ko butishimiye Kamala Harris ugiye guhagararira Abademocarates mu matora.

U Burusiya bwagaragaje ko butishimiye Kamala Harris ugiye guhagararira Abademocarates mu matora.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?