• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuryango w’Afrika y’unze Ubumwe watanze ubutumwa ku byerekeye amatora aheruka kuba mu Rwanda.

minebwenews by minebwenews
July 23, 2024
in Regional Politics
0
Umuryango w’Afrika y’unze Ubumwe watanze ubutumwa ku byerekeye amatora aheruka kuba mu Rwanda.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuryango w’Afrika y’unze Ubumwe watanze ubutumwa ku byerekeye amatora aheruka kuba mu Rwanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni ubutumwa bwatanzwe na perezida wa komisiyo ya AU, bwana Moussa Faki Mahamat, aho yabutanze kuri uyu wa Kabiri tariki ya 23/07/2024, avuga ko amatora yabaye mu Rwanda ko yabaye intangarugero.

Ubu butumwa yabutanze nyuma y’uko komisiyo y’igihugu y’amatora mu Rwanda yarimaze gutangaza bidasubirwaho ko Paul Kagame ari we watsinze amatora ku majwi 99,18%.

Ibi kandi bikaba byaremejwe n’indorerezi ku rwego rw’igihugu no ku rwego mpuzamahanga zakurikiye ayamatora zirimo iz’uyu muryango w’Afrika y’unze Ubumwe na COMESA.

Umukuru w’uyu muryango w’Afrika y’unze Ubumwe, Moussa Faki yashimangiye ko ay’amatora yabaye mu mucyo, mu bwisanzure kandi nta kubogama kwabayemo.

Yanagaragaje ko yishimiye kuba amafaranga yakoreshejwe mu mitegurire y’aya matora no mu matora nyirizina yaravuye muri Guverinoma y’u Rwanda gusa, asobanura ko byerekana ukwigira kw’Abanyarwanda no gushyigikira demokarasi n’imiyoborere yabo.

Ibiro bya Moussa Faki Mahamat, byatangaje ko ‘Abanyarwanda kuba barashyize mu bikorwa uburenganzira bwabo bwo gutora abayobozi bifuza mu buryo bw’amahoro kandi n’umutuzo wintangarugero.”

Abakandida barimo bahatanira uyu mwanya w’u mukuru w’igihugu cy’u Rwanda, nka Dr Frank Habineza na Mpayimana Philippe batangaje ko banyuzwe n’ibyavuye mu matora, ndetse bashimira na perezida Paul Kagame wegukanye intsinzi.

             MCN.
Tags: AmatoraAUMoussa Faki Mahamatmu RwandaYabaye intangarugero
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Umubare w’abantu bari kwicwa n’ibiza mu gihugu cya Ethiopia ukomeje kwiyongera.

Umubare w'abantu bari kwicwa n'ibiza mu gihugu cya Ethiopia ukomeje kwiyongera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?