• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hari kwibazwa ibyigiwe mu nama yiswe ko ari amayobera, yabereye mu Mikenke, menya abayibayemo.

minebwenews by minebwenews
July 24, 2024
in Regional Politics
0
Hari kwibazwa ibyigiwe mu nama yiswe ko ari amayobera, yabereye mu Mikenke, menya abayibayemo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hari kwibazwa ibyigiwe mu nama yiswe ko ari amayobera, yabereye mu Mikenke, menya abayibayemo.

You might also like

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Ni ejo hashize tariki ya 23/07/2024, nibwo mu Mikenke habaye inama yatumye benshi batekereza ko intambara yaba igiye kuba, aho iyo nama yabayemo Ababembe bari bayobowe na Chef Gitongo waje ava muri teritware ya Fizi, nk’uko bivugwa n’abari muri ibyo bice.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko iyi nama ko yateguwe na Chef Gitongo, ndetse ko ari nawe wayihagarikiye kugeza irangiye.

Iy’i nama kandi yabayemo n’Ababembe baje bava mu bice byo muri Grupema ya Mutambara muri teritware ya Fizi, udasize n’abandi Babembe basanzwe baturiye aka gace ki Tombwe, ko nabo bayitabiriye kandi bayitabira ku bwinshi, nk’uko iy’inkuru ikomeza ibivuga.

Icyibizwa n’abenshi n’uburyo Chef Gitongo yagiye gukoresha inama muri Secteur ya Itombwe, muri teritware ya Mwenga, mu gihe we yari abarizwa muri Secteur ya Lulenge muri teritware ya Fizi.

Nk’uko bizwi Chef Gitongo asanzwe ari Chef de Groupement (Grupema) y’Abasimunyaka ho muri Sud(mu majyepfo), muri teritware ya Fizi, kuba yaragiye gukoresha inama muri Secteur ya Itombwe, hari ababibonye ko ari gutegura intambara ku Banyamulenge cyangwa muri aka karere.

Umwe mu baturage baturiye ibyo bice wamenye ay’amakuru y’iyo nama, yavuze ko iyi nama ari amayobera kandi ko nta cyiza cyayigiwemo.

Yagize ati: “Ndahamya ko iyi nama yabaye, kandi nta cyiza cyoyigirwamo, ahanini ndavuga ku Banyamulenge, kuko Gitongo ni umwanzi w’ubwoko bw’Abanyamulenge.”

Yunzemo kandi avuga ati: “Iyo, iza kuba inama iganisha ku ku baka, Chef Gitongo yari guhamagara abaturage baturiye ibi bice ayoboye, akaba ari bo akoresha inama. Ariko kuba yarasimbye, arazenguruka aja gukorera inama mu yindi teritware bigaragaza ko ari gutegura intambara. Ni amayobera wa muntu we!”

Kugeza ubu nta kuri kuzwi ku byigiwe muri iyi nama, ariko kubaho yarabaye, aho byavuzwe ko yatangiye igihe c’isaha z’igicamunsi, iza kurangira isaha z’umugoroba wajoro wo ku wa Kabiri. Ikaba yarabereye neza mu Muhana wa Mikenke hafi n’ahubutse inkambi yabavuye mu byabo kubera intambara. Uyu muhana bavuga ko wabereyemo inama uri hafi kandi n’ikibuga cy’indege cya Mikenke.

              MCN.
Tags: Chef GitongoInamaMikenke
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails
Next Post
Abandi basirikare ba FARDC bakatiwe ibihano birimo ibikakaye muri Kivu y’Epfo.

Abandi basirikare ba FARDC bakatiwe ibihano birimo ibikakaye muri Kivu y'Epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?