Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Museveni yatanze inama ku bashaka gukora imyigaragambyo, ababwira uko bayikora kandi ikemerwa.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 26, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Museveni yatanze inama ku bashaka gukora imyigaragambyo, ababwira uko bayikora kandi ikemerwa.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Museveni yatanze inama ku bashaka gukora imyigaragambyo, ababwira uko bayikora kandi ikemerwa.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Yoweli Kaguta Museveni w’igihugu cya Uganda akoresheje urubuga rwa x, yabwiye abashaka gukora imyigaragambyo muri iki gihugu bamagana ruswa no kunyereza umutungo wa leta, baramutse babikoze mu mahoro bagakorana na polisi ya kwifatanya na bo ariko avuga ko bo kuri ubu bagamije ikibi, kandi ko bitazabagwa neza mu nkiko.

Yagize ati: “Iyo biba gukunda igihugu, kurwanya ruswa, imyigaragambyo iteguwe mu mahoro ku bufatanye na polisi, nari kuba uwa mbere mu kwifatanya nabo. Abateguye iri ya myigaragabyo bashakaga gukora ibibi, ibimenyetso by’inkiko bizatungura benshi. Amakuru ndayafite.”

Ibi bitangajwe na perezida Yoweli Kaguta Museveni, mu gihe urubyiruko rw’Abanya-Uganda rwakoze imyigaragambyo tariki ya 23/07/2024. Iyi myigaragabyo yabereye mu bice byinshi bitandukanye byo mu murwa mukuru, Kampala.

Icyari kigenderewe gikuru muri iyi myigaragabyo kwari ukwamagana ruswa, kunyereza umutungo w’igihugu, ibyaha bashinja abayobozi mu nzego zitandukanye z’igihugu. Ibi birego bikaba byari bishingiye kuri raporo yatanzwe n’u mugenzuzi mukuru w’imari ya leta, wagaragaje ko byibuze buri mwaka Uganda ihomba miliyoni 10 z’Amashilingi, anyerezwa n’abayobozi.

Abarimo kwigaragambya basaba leta gukemura iki kibazo, harwanywa ubushomeri bwiganje mu rubyiruko, imibereho ihenze no kubura kwa bimwe mu by’ingenzi ku buzima.

                  MCN.
Tags: Abashaka gukora imyigaragambyoYatanze InamaYoweli Kaguta Museveni
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post
Maï Maï wishe Abanyamulenge yica n’Abapfulero, yatawe muri yombi muri Kivu y’Amajy’epfo.

Maï Maï wishe Abanyamulenge yica n'Abapfulero, yatawe muri yombi muri Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?