Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Ebenezer Worship Ministry, mu giterane iri gutegura i Nakivale ho muri Uganda yavuze ibyo izafasha abapfakazi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 29, 2024
in Religion
0
Ebenezer Worship Ministry, mu giterane iri gutegura i Nakivale ho muri Uganda yavuze ibyo izafasha abapfakazi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ebenezer Worship Ministry, mu giterane iri gutegura i Nakivale ho muri Uganda yavuze ibyo izafasha abapfakazi.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Bikubiye mu butumwa bw’amajwi Represantant Bukuru Fabrice Nsengiyumva, ukuriye Ebenezer Worship Ministry yahaye ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, buvuga ko mu giterane bari gutegura i Nakivale ahari ikambi y’impunzi, bazafasha abapfakazi, ubufasha burimo ibitenge.

Igiterane cya Ebenezer Worship Ministry gitegenijwe kuzaba ku itariki ya 30/08/2024, ki kazarangira ku ya 01/09/2024, ki kazabera i Nakivale.

Nk’uko Represantant Bukuru Fabrice Nsengiyumva yadusobanuriye mu butumwa bw’amajwi, yagaragaje ko iyi minisiteri abereye umuyobozi irajwe inshinga n’abapfakazi basizwe n’abagabo babo baguye mu rugamba rwo ku rwanirira Imulenge, bityo ko ari muri ubwo buryo nabo bazakoresha ubushobozi bwabo buke bagire ibyo bafasha aba bapfakazi

Yagize ati: “Tuzirikana ineza y’abasore bagenzi bacu bamenye amaraso bagapfira ubwoko bwacu. Ntitwabona abadamu babo babura icyo bambara ngo ducyeceke, dutegerezwa ku mbika.”

Yashimangiye ibi avuga kandi ati: “Tuzakomeza kubazirikana, kandi dufite n’inkunga y’ibitenge, byibuze tuzaha nk’abadamu 30. Ibyo niko bimeze kandi niko tuzabikora rwose.”

Gusa, yasobanuye ko abapfakazi bazahabwa ubufasha bw’ibitenge ari abafite abagabo baguye mu ntambara zo muri iyi myaka yavuba ahanini izabereye mu misozi miremire y’Imulenge, ku Ndondo, Minembwe, Rurambo, Mibunda na Bibogobogo.

Ebenezer Worship Ministry, igwiriyemo abasore, inkumi, abagabo n’abagore, muri abo bamwe bari muri leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Uganda ndetse na Kenya.

Icyicaro gikuru cy’iyi minisitiri giherereye i Mbarara mu gihugu cya Uganda.

Intego nyamukuru y’iyi minisitiri ni ukuramya no kwa mamaza ubutumwa bwiza bwa Yesu kristo.

Tubibutsa ko iki giterane bari gutegura kizabera mu itorero rya Philadelphia Assemblie Of God, riri ahitwa Nyarugugu, muri Nakivale, muri Isingiro district mu majyepfo ashira uburenganzuba bwa Uganda.

          MCN.
Tags: Ebenezer Worship MinistryNakivaleYavuze
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Abakristo bategujwe kugira icyo bakora ngo idini ryabo ritarimbuka.

Abakristo bategujwe kugira icyo bakora ngo idini ryabo ritarimbuka.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?