• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Abakristo bategujwe kugira icyo bakora ngo idini ryabo ritarimbuka.

minebwenews by minebwenews
July 29, 2024
in Religion
0
Abakristo bategujwe kugira icyo bakora ngo idini ryabo ritarimbuka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakristo bategujwe kugira icyo bakora ngo idini ryabo ritarimbuka.

You might also like

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Ni byatangajwe na Elon Musk aho yavuze ko mu gihe abakristo batohaguruka ku rwanirira idini ryabo ryahita rizima burundu.

Mu bisobanura byatanzwe n’uyu mukire uri mubaherwe bariho bakomeye kuri iy’isi muri iki gihe, yavuze ko mu mikino ya Olempike iri kubera i Paris mu gihugu cy’u Bufaransa, mu ku yitangiza, avuga ko hakinwe imikino y’ikinamico rya “Da Vinci” rikomoza ku ifunguro rya nyuma Yesu yasangiye n’abigishwa be, uwo mukino wakinwe n’abarimo abagabo biyambitse nk’abagore, maze aherako aravuga ati: “Urabona ko abakristo nibadahaguruka ngo barwanirire idini ryabo riri munzira yo kuzima.”

Ibyo byatumye uyu muherwe uri mu bantu 10 bakize ku Isi yifatanya n’abandi barimo Harrison Butker bamagana uwo mukino w’abagabo bakinye biyambitse nk’abagore. Mu kubyamagana aba bagabo bakoresheje urubuga rwa x, bandika ubutumwa bagira bati: “Ibi ni agasuzuguro gakabije ku bakristo.”

Harahandi banditse bamagana iri ya mikino yatangijwe n’ibirori byo gutangiza imikino ya Olempike, bagira bati: “Ubukristo nta menyo bukigira.”

Elon musk yashimangiye ibi avuga ko mu gihe hatabaye ubundi butwari bwinshi bwo guharanira icyiza, muri icyo gihe, avuga ko “Ubukristo buzarimbuka.”

Ku myizerere ye bwite yagize ati: “Nizera amahame y’ubukristo nko gukunda mugenzi wawe nk’uko wikunda.”

Elon Musk mu busanzwe ni umuyobozi mukuru w’uruganda rwa Tesla rukora imodoka zikoreshwa n’amashanyarazi. Ndetse kandi niwe boss wa x yahoze yitwa Twitter.

Uyu mugabo yabonye izuba tariki ya 28/06/1971, avukira ahitwa i Pretoria mu gihugu cya Afrika y’Epfo.

               MCN.
Tags: Elon muskIdiniRitarimbuka
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

by minebwenews
August 31, 2025
0
Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri. Umushumba w'itorero rya All National Assemblies Of God, rifite icyicaro muri Isingiro district mu majy'Epfo ya Uganda, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ku...

Read moreDetails

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

by minebwenews
August 24, 2025
0
Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo. Abashakashatsi bavumbuye ubwato bwari bumaze imyaka irenga 2000 mu mazi epfo (mu ndiba yinyanja) ya Galileya, bavuga ko ari bwo Yesu yagendeyemo ubwo...

Read moreDetails

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

by minebwenews
August 20, 2025
0
Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025. Umwamikazi wa gospel muri Tanzania, Rose Muhando, yongeye kwandika izina rye mu mateka nyuma yo kwegukana ICON AWARD...

Read moreDetails

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

by minebwenews
August 19, 2025
0
Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya. Itsinda rya gospel rigizwe na Ben na Chance, bashyize hanze Album nshya bise "Zaburi yanjye,"...

Read moreDetails

Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

by minebwenews
August 8, 2025
0
Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

Dore inama z'ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba. Kurota inzozi mbi ni ikibazo gihangayikishije benshi muri ubu buzima tubayeho bwo mu isi. Izo nzozi zishobora gutuma...

Read moreDetails
Next Post
Israel, yategujwe n’igihugu gikomeye ku yishoraho intambara ikarishye.

Israel, yategujwe n'igihugu gikomeye ku yishoraho intambara ikarishye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?