Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Abakristo bategujwe kugira icyo bakora ngo idini ryabo ritarimbuka.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 29, 2024
in Religion
0
Abakristo bategujwe kugira icyo bakora ngo idini ryabo ritarimbuka.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakristo bategujwe kugira icyo bakora ngo idini ryabo ritarimbuka.

You might also like

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Ni byatangajwe na Elon Musk aho yavuze ko mu gihe abakristo batohaguruka ku rwanirira idini ryabo ryahita rizima burundu.

Mu bisobanura byatanzwe n’uyu mukire uri mubaherwe bariho bakomeye kuri iy’isi muri iki gihe, yavuze ko mu mikino ya Olempike iri kubera i Paris mu gihugu cy’u Bufaransa, mu ku yitangiza, avuga ko hakinwe imikino y’ikinamico rya “Da Vinci” rikomoza ku ifunguro rya nyuma Yesu yasangiye n’abigishwa be, uwo mukino wakinwe n’abarimo abagabo biyambitse nk’abagore, maze aherako aravuga ati: “Urabona ko abakristo nibadahaguruka ngo barwanirire idini ryabo riri munzira yo kuzima.”

Ibyo byatumye uyu muherwe uri mu bantu 10 bakize ku Isi yifatanya n’abandi barimo Harrison Butker bamagana uwo mukino w’abagabo bakinye biyambitse nk’abagore. Mu kubyamagana aba bagabo bakoresheje urubuga rwa x, bandika ubutumwa bagira bati: “Ibi ni agasuzuguro gakabije ku bakristo.”

Harahandi banditse bamagana iri ya mikino yatangijwe n’ibirori byo gutangiza imikino ya Olempike, bagira bati: “Ubukristo nta menyo bukigira.”

Elon musk yashimangiye ibi avuga ko mu gihe hatabaye ubundi butwari bwinshi bwo guharanira icyiza, muri icyo gihe, avuga ko “Ubukristo buzarimbuka.”

Ku myizerere ye bwite yagize ati: “Nizera amahame y’ubukristo nko gukunda mugenzi wawe nk’uko wikunda.”

Elon Musk mu busanzwe ni umuyobozi mukuru w’uruganda rwa Tesla rukora imodoka zikoreshwa n’amashanyarazi. Ndetse kandi niwe boss wa x yahoze yitwa Twitter.

Uyu mugabo yabonye izuba tariki ya 28/06/1971, avukira ahitwa i Pretoria mu gihugu cya Afrika y’Epfo.

               MCN.
Tags: Elon muskIdiniRitarimbuka
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

by Bruce Bahanda
July 11, 2025
0
Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n’uruva gusenya.

Uwiyitaga Yesu wa Siberiya yahuye n'uruva gusenya. Sergei Torop wiyitaga Yesu w'isiberiya yakatiwe gufungwa imyaka 12 hamwe n'ibyegera bye, kubera ko yashyize mu kaga ubuzima n'imitingo bya bamwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Perezida Kagame yaburiye abavuga ko bazatera u Rwanda.

Perezida Kagame yagiriye inama abishora mu businzi. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yagiriye inama urubyiruko rwishora mu businzi, arubwira ko ahubwo rukwiye gukora rukiteza imbere ngo kuko...

Read moreDetails

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

by Bruce Bahanda
June 29, 2025
0
Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya.

Twirwaneho yatashye ikanisa ryayo rishyashya. Mu Rugezi ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, umutwe wa Twirwaneho n'uwa M23 bihagenzura, byatashye urusengero rwabo rushya, nk'uko...

Read moreDetails

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa.

by Bruce Bahanda
June 27, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Iyerekwa ridasanzwe Munyaburanga aheruka guhabwa. Charles Munyaburanga uri mu Banyamulenge bakora ivugabutumwa hirya no hino ku isi, yahawe iyerekwa ridasanzwe ubwo yari mu masengesho asengera igihugu cye cya...

Read moreDetails

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

by Bruce Bahanda
June 23, 2025
0
Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa RDC, ivuga no kuri Twirwaneho na M23.

Imana yongeye kuvuga ku ntambara ikomeje kubera mu Burasirazuba bwa Congo, ivuga no kuri Twirwaneho na M23. Ubuhanuzi bukomeye kuri Twirwaneho na M23 bwatanzwe n'Umuhanuzi w'Imana uri mu...

Read moreDetails
Next Post
Israel, yategujwe n’igihugu gikomeye ku yishoraho intambara ikarishye.

Israel, yategujwe n'igihugu gikomeye ku yishoraho intambara ikarishye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?