• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, October 20, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yatangaje intambara nshya.

minebwenews by minebwenews
July 30, 2024
in Regional Politics
0
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yatangaje intambara nshya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yatangaje intambara nshya.

You might also like

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Hari ku munsi mukuru w’igihugu cy’u Burusiya wabaye ku cyumweru tariki ya 28/07/2024, wo kwerekana Ingabo zo mu mazi aho yagarutse ku mishinga ya Amerika anagaragaza ko igihugu cye ko kigiye kwinjira mu ntambara nshya.

Nk’uko biri gutangazwa cyane n’ibinyamakuru byinshi byo hirya no hino ku isi, uyu munsi mukuru w’igihugu cy’u Burusiya wo kwerekana Ingabo zo mu mazi, wabereye mu gace kitwa i Saint-Petersbourg. Uyu muhango ukaba ukorwa buri mwaka muri iki gihugu cy’u Burusiya.

Bwana Vladimir Putin mu ijambo rye, yashimiye abasirikare bo mu mazi bitabariye uyu muhango, ab’u Burusiya, ab’u Bushinwa, Algeria na India, maze ababwira ko leta y’iki gihugu ko igiye guteza imbere Ingabo zirwanira mu mazi.

Yagize ati: “Ndishimye cyane kwakira mu muhango mukuru wo kwerekana Ingabo zo mu mazi abasirikare bakoresha amato bo mu Burusiya, u Bushinwa ndetse n’ab’u Buhinde.”

Nyuma yaje gukomoza ku mishinga ya Amerika yo gushyira misile zifite ubushobozi bwo kugera kure mu gihugu cy’u Budage, abigereranya n’igihe cy’intambara zabayeho mu minsi yakera, anavuga ko u Burusiya nabwo bugiye gufata ingamba nshya kandi ko bwiteguye intambara nshya igiye kwaduka.

Ati: “Niba leta Zunze Ubumwe z’Amerika zishyira mu bikorwa iyi mishinga, tuzafata ko tutakiri kubahiriza amasezerano yo kudashyira imbunda zifite ubushobozi bwo kugera kure no mu ntera ngufi, harimo no kongera ubushobozi bw’Ingabo zacu zo ku nkombe z’amazi. Uyu munsi, iterambere ry’izi ntwaro rigeze ku rwego rwanyuma. Tuzafata ingamba zisa zo kuzikoresha, duhereye ku bikorwa bya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’abafatanya bikorwa bayo mu Burayi no mu bindi bice by’isi.”

Mu gosoza ijambo rye, perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yashimiye igisirikare cye, cyo mu mazi kiri mu ntambara muri Ukraine, avuga ko uburyo kirwana iyo ntambara kari mu buryo bwa gitwari.

              MCN.
Tags: Intambara nshyaU Burusiya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Hamenyekanye andi makuru yimbitse, avuga ku ruzinduko Justin Bitakwira arimo muri Kivu y’Amajy’epfo.

Hamenyekanye andi makuru yimbitse, avuga ku ruzinduko Justin Bitakwira arimo muri Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?