• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Hamenyekanye andi makuru yimbitse, avuga ku ruzinduko Justin Bitakwira arimo muri Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
July 30, 2024
in Regional Politics
0
Hamenyekanye andi makuru yimbitse, avuga ku ruzinduko Justin Bitakwira arimo muri Kivu y’Amajy’epfo.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Hamenyekanye andi makuru yimbitse, avuga ku ruzinduko Justin Bitakwira arimo muri Kivu y’Amajy’epfo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Justin Bitakwira usanzwe ari umudepite ku rwego rw’i ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yongeye guhabwa kuyobora na Wazalendo bose bo muri yi ntara nk’u munyapolitiki wabo mukuru (cadre politique), ndetse akaba aribyo byatumye agirira uruzinduko muri ibi bice, ruzamuhesha kuganiriza Wazalendo bakorera muri teritware ya Fizi, Uvira na Mwenga n’ahandi, nk’uko iy’inkuru tuyikesha umukozi wa leta ya Kinshasa utashatse ko amazina ye atangazwa.

Uru ruzinduko Justin Bitakwira yagiriye muri Kivu y’Amajy’epfo, rwatangiriye muri teritware ya Uvira, aho yagiye akoresha ibiganiro hirya no hino, bya Wazalendo bo mu mitwe itandukanye.

Ibyumweru bibiri birihafi gushira uyu mugabo ari gukoresha ibiganiro n’aba Wazalendo, nk’uko byagiye binagaragara mu butumwa bw’amashusho bwagiye bunyuzwa ku mbuga nkoranya mbaga.

Amakuru avuga ko muri uru ruzinduko Justin Bitakwira arimo rwo kuganiriza Wazalendo yaherekejwe n’abajenerali bane barimo General Padiri Bulenda uyoboye Wazalendo bose ku rwego rw’i gihugu(Au Niveau National).

Byanavuzwe kandi ko kuri uyu wa Kabiri tariki ya 30/07/2024, Justin Bitakwira n’abo bagendana barerekeza mu bice byo muri teritware ya Fizi aho aza kwakirwa na Wazalendo b’ibigugu, barimo Col Ngomanzito, Rene na Alida n’abandi bo muri ibyo bice.

Mu byo Justin Bitakwira ari kwibandaho cyane, aganiriza aba Wazalendo ari kubakangurira ku rwanya M23 n’icyitwa cyose Umututsi.

Ikindi kirimo kuvugwa nuko yatanze amafaranga ayaha abayobozi ba Wazalendo abo bagiye babonana muri Uvira, barimo uwiyita General Makanaki n’abandi benshi baturutse mu turere dutandukanye two muri teritware ya Uvira.

Sibyo byonyine bivugwa kuri uru ruzinduko rwa Justin Bitakwira yagiriye muri Kivu y’Amajy’epfo, biranavugwa kandi ko ari gusaba Wazalendo kongera gukora ibitero mu baturage ba Banyamulenge baturiye imisozi miremire y’Imulenge, aho two vuga nk’i Ndondo ya Bijombo, Rurambo, Minembwe na Bibogobogo.

Kugeza ubu uru ruzinduko ruracyakomeje, nk’uko byanavuzwe ko General Padiri Bulenda uyoboye Wazalendo ku rwego rw’igihugu ko yageze i Baraka muri teritware ya Fizi gutegurira Justin Bitakwira uko ari buze gukomeza ibiganiro na Wazalendo bo muri ibyo bice.

           MCN.
Tags: FiziJustin BitakwiraKivu yamajy'EpfoUruzindukoUviraWazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Impamvu ubutegetsi bwa Kinshasa buri kurekura imfungwa nyinshi yamenyekanye.

Impamvu ubutegetsi bwa Kinshasa buri kurekura imfungwa nyinshi yamenyekanye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?